Kwita izina2016: Abakerarugendo bari kwerekwa ibitatse Pariki y’ibirunga
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwita izina abana b’Ingagi ku nshuro ya 12, hateguwe ibikorwa bitandukanye byo kubimburira uwo munsi mukuru.
Bimwe muri ibyo bikorwa Harimo igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatatu tariki 31 Kanama 2016, cyo gusura Inyoni, inkima n’ingagi, ziri muri iyi parike y’ibirunga iherereye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Kinigi, Akagali ka Nyabigoma, Umudugudu wa Kabatwa.
Kigali today, yakurikiraniye urugendo rwo gusura inkima mu mafoto, kandi ikazakomeza kubakurikiranira ibindi bikorwa bijyanye n’igikorwa nyiriza kizagenda.
Wifuza kureba andi mafoto menshi kanda AHA
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|