Mu mushinga we uciriritse yiyemeje guca imirire mibi mu baturanyi be (Amajwi)

Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Gashaki na Remera mu karere ka Musanze, baravuga ko bagenda barushaho kumenya akamaro ko guhinga imboga z’ubwoko bunyuranye, bikabafasha guhangana n’ikibazo cy’imirie mibi.

Ibi bagenda babigeraho babikesha mugenzi wabo ukora umushinga wo gukwirakwiza ingemwe zazo ku masoko aho babasha kuzibonera hafi, bigatuma babasha kuzihinga mu turima tw’igikoni.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka