Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Amakuru kurugerero rwabanyeshuri barangije 2024
Gukurikirana amakuru yo mu karere
Turabashimiye kubwa makuru mutugezaho.
Alias turabashimiye.
Mperereye mu karere ka Nyagatare
Mumurenge wa Rukomo.
Umudugudu wa Kabusunzu.
Ikibazo dufite nkabaturage b’Umudigudu wa Kabusunzu twaguze Ibibanza biri kumuhanda munini tubiguze nabari barahahawe na leta nabo batujwe aho hantu kubera ikibazo cy’umutekano muke waruhari muricyo gihe. Arko twatangajwe nuko munama uherutse, ubuyobozi bw’ umurenge bwadutegetse kuva muri ubwo butaka bwo bita ibisigara bya leta buvugako ngo bwabitumwe n’Akarere Kandi rwose amazu amwe yubatswe kera, arashaje andi nimasya, ndetse tunubaka murubwo butaka, land less w’ umurenge yakugeragaho akakwa ka 10;000 Rwf na ngali akakwaka5000Rwf.None rwose Mudukorere ubuvugizi, cyangwase Muzaze muhagere. Igiteye agahind a nuko umudugudu tuturanye nawo bobahawe ibyangombwa Kandi twari duhuje ikibazo. Iyo tubajije, impamvutwe tudahabwa ibyango mbwa by’ ubutaka nkabandi badusubizako ngo twe twabuze abatuvuganira.
ndabashimira ariko nagirango mbasbabe mutuvugire hano muntara y’amagepfo gisagara nyanza umudugudu w’akayange natwe batugezeho umuriro kuko kuba ahantu hahora hatabona rwose bitarambiye murakoze
Mwadugafasha mukajya me shyitahi update buri munsi
Turabashimira kumakuru nezaudahwem kutugezaho
Have problem everything from Musanze district we can not help me deaf have orphan one full time.
Respect up Sir and madam.
I will visit you with us president in Kigali Rwanda. I have deaf name is Emmanuel MURWANASHYAKA respect high follow the rules.
Muraho neza ikibazo dufite hano kirehe nuko abayozi bamwe nabamwe baka amafaranga yinyubako abaturage Kandi Ari mucyaro tuziko president yakuyeho imisoro mubice byicyaro ese ayo mafaranga iyo bayakiye ajyahe niho twibaza eg: bagitifu butugari, Bangali ,na Dasso,mutubarize niba itegeko banyuranya nitegeko murakoze
Muraho neza nasabaga inzego z’umutekano nka police kwegera byumwihariko abaturage no mumurenge wa mataba akagari nyundo cyane cyane ahitwa mwanza kabuyora na gitaba hakomeje kugaragara dropping aut cyane bikomotse kubabyeyi baho ndetse n’ubusinzi bukabije cyane nibindi byaha bukabije ago usanga imiryango bakirwaniramo murakoze nimuhasura muzaba mukoze cyane
Nyamara nimutabare twatabaje hose biranga none koko turekere mwatuvugiye ko Ari nshingano zanyu cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe arikose tureke ihiringite? abameze India Nini barye anyamuryango koko. Nimutabare nimwe musigaye
Kumenya gahunda ya etat civil mu murenge wa Mukamira. Umunsi aba ataboneka gusa.
amakuruya karere ka kirehe
nihashyirweho ubuvugizi nigute umuntu ya shaka gutanga mituweri abayobozi bibanze bakagufasha arikiko sosiyare abyanga ngombanze mvekukiciro cyomurugo akanga kubinkorera dore ubuvurwa naforomax mura koze ndikirehe mushikiri
Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba
Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba
Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba
Hano Kamonyi Mugina Cyeru turasaba ubuvugizi ubutabera kubera ubusambo buri muri cooperative twite kubuzima yabajyanama bakorera muri zone ya Jenda nakabugondo nimudutabare
Hano inyanza busoro mutuvugire inzogazinkorano bazice ziratwishe kubera zigura macye
Ni Fidel nagarutse kubanzi ntuye Uganda Nakivale ndi umunyarwanda👍
Muraho ntitwa Bitunguramye Fidel nonese nashakaga ko mwansobanurira uko nabigenza nkitabira amatora ndihanze y’igihugu.