Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1378 )

ndazikund kandi ndazisha

meddy yanditse ku itariki ya: 27-11-2021

Mwiriwe neza? Nifuje kubona urutonde rwabatorewe kuyobora mu karere ka Gicumbi.
Murakoze.

Felicien NDAYISENGA yanditse ku itariki ya: 20-11-2021

AMAKURUYANYU ARADUFASHA.

BYIRINGIRO yanditse ku itariki ya: 27-10-2021

MWARAMUTSE RWAMAGANA RUBONA TUMAZE IMYAKA IRENGA 10 DUSABA AMASHNYARAZI MU KAGALI KA KABATASI IMIDUGUDU IBIRI AGASHARU UMUDUGUDU WIKITEGEREREZO UYU MWAKA NA MIDAHANDWA DUKIKIJWE NAMASHANYARAZI CYARUHOGO,I MABARE I RUSENYI NA NO KUBIRO BYUMURENGE IYO MIDUGUDU YOMBI NIYO YASIGAYE HAGATI NTAMURIRO DUFITE MURAKOZE

RAFIKI yanditse ku itariki ya: 26-10-2021

Twishimiye kubaruriya rugomero rugiyegutangira gukora bizateza imbere ibibihugu by a EAC

Amani yanditse ku itariki ya: 17-10-2021

Nshimiye urwo rubyiruko rwo mu karere ka Gicumbi kuri ibyo bikorwa bakoze ni rukomereze aho kuko ni urubyiruko rurashoboye kandi nirwo mbaraga zigihugu. Murakoze.

Maniragaba jean Damascene yanditse ku itariki ya: 10-10-2021

National examinations,2020/2021

Ihimbazwe divin yanditse ku itariki ya: 5-10-2021

Gushaka icyareta cya 2020 2021

Ihimbazwe divin yanditse ku itariki ya: 5-10-2021

mwiriwe gahunda nukwirinda ikyorezo ariko harabantu batabyitaho hari abatambara ubupfuka munwa ubukabari barabukinze ariko abantu birwa barimo kunywa arikingenzi tugomba kwirinda ikyorezo tugakurikiza namategeko yareta
murakoze

twizere emmanuel yanditse ku itariki ya: 15-09-2021

Utubari ntitwafunze! Inzoga ziranyobwa, ba gitifu b’utugali bahabwa ruswa bakabareka! None murabona icyorezo kizahagarara gite?

Muhinyuza Uziel yanditse ku itariki ya: 27-07-2021

MUMEAMAKURUYOMUBIRUNGA

BENJAMIN yanditse ku itariki ya: 25-07-2021

Mwiriwe neza bavandimwe njyewe nize Agronome hari igitekerezo Mfite cyavamo project ariko nifuza KO mwandangira ahantu nabinyuza ngo ngirwe yuko nabishyira mubikorwa. Murakoze cyane

Theophile yanditse ku itariki ya: 13-06-2021

Ni HITIMANA Daniel umunyeshuri muri G S St FA DE KANSI Abanyeshuri Tugomba kugira uruhare muiterambere ryigihugu

HITIMANA Daniel yanditse ku itariki ya: 10-06-2021

mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza

BIKMAN SHABAN yanditse ku itariki ya: 27-05-2021

rwose natwe mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza

BIKMAN SHABAN yanditse ku itariki ya: 27-05-2021

NDASHIMIRA ABAYOBOZI BACU BADAHWEMA GUTEKEREZA IBYATEZIMBERE AKARERE KACU

NDAYAMBAJE VITAL yanditse ku itariki ya: 27-05-2021

Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze

Iyamuremye bosco yanditse ku itariki ya: 21-05-2021

Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze

Iyamuremye bosco yanditse ku itariki ya: 21-05-2021

Mwadusobanurira niba mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe ,Akagali ka Karama Umudugudu wa Karama niba haragenewe ku bakwa amazu aciriritse ? Murakoze

Bernard yanditse ku itariki ya: 20-05-2021

Mwaramutse neza! Mutwigeho nk,abantu twarangije amashuri 3 yisumbuyeu kandi njyewe kucyanjye giti nshaka gukora akazi k,umutekano kuko mbyiyumvamo cyane, midukorere ubuvugizi maze tubashe kubona ibyo twakora. Number ni: 8780700751.Mirakoze!

Alias yanditse ku itariki ya: 30-04-2021

Murebere hamwe mwige kubantu nice amashuri 3 yisumbuyeu kuko abadafite amashuri 6 yisbuye ntabwo bacibwaho iteka.

Alias yanditse ku itariki ya: 30-04-2021

Nkunda amakuru yo mu Rwanda cyane!!!

Kana k’imana patrick yanditse ku itariki ya: 14-04-2021