Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
ndazikund kandi ndazisha
Mwiriwe neza? Nifuje kubona urutonde rwabatorewe kuyobora mu karere ka Gicumbi.
Murakoze.
AMAKURUYANYU ARADUFASHA.
MWARAMUTSE RWAMAGANA RUBONA TUMAZE IMYAKA IRENGA 10 DUSABA AMASHNYARAZI MU KAGALI KA KABATASI IMIDUGUDU IBIRI AGASHARU UMUDUGUDU WIKITEGEREREZO UYU MWAKA NA MIDAHANDWA DUKIKIJWE NAMASHANYARAZI CYARUHOGO,I MABARE I RUSENYI NA NO KUBIRO BYUMURENGE IYO MIDUGUDU YOMBI NIYO YASIGAYE HAGATI NTAMURIRO DUFITE MURAKOZE
Twishimiye kubaruriya rugomero rugiyegutangira gukora bizateza imbere ibibihugu by a EAC
Nshimiye urwo rubyiruko rwo mu karere ka Gicumbi kuri ibyo bikorwa bakoze ni rukomereze aho kuko ni urubyiruko rurashoboye kandi nirwo mbaraga zigihugu. Murakoze.
National examinations,2020/2021
Gushaka icyareta cya 2020 2021
mwiriwe gahunda nukwirinda ikyorezo ariko harabantu batabyitaho hari abatambara ubupfuka munwa ubukabari barabukinze ariko abantu birwa barimo kunywa arikingenzi tugomba kwirinda ikyorezo tugakurikiza namategeko yareta
murakoze
Utubari ntitwafunze! Inzoga ziranyobwa, ba gitifu b’utugali bahabwa ruswa bakabareka! None murabona icyorezo kizahagarara gite?
MUMEAMAKURUYOMUBIRUNGA
Mwiriwe neza bavandimwe njyewe nize Agronome hari igitekerezo Mfite cyavamo project ariko nifuza KO mwandangira ahantu nabinyuza ngo ngirwe yuko nabishyira mubikorwa. Murakoze cyane
Ni HITIMANA Daniel umunyeshuri muri G S St FA DE KANSI Abanyeshuri Tugomba kugira uruhare muiterambere ryigihugu
mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza
rwose natwe mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza
NDASHIMIRA ABAYOBOZI BACU BADAHWEMA GUTEKEREZA IBYATEZIMBERE AKARERE KACU
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mwadusobanurira niba mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe ,Akagali ka Karama Umudugudu wa Karama niba haragenewe ku bakwa amazu aciriritse ? Murakoze
Mwaramutse neza! Mutwigeho nk,abantu twarangije amashuri 3 yisumbuyeu kandi njyewe kucyanjye giti nshaka gukora akazi k,umutekano kuko mbyiyumvamo cyane, midukorere ubuvugizi maze tubashe kubona ibyo twakora. Number ni: 8780700751.Mirakoze!
Murebere hamwe mwige kubantu nice amashuri 3 yisumbuyeu kuko abadafite amashuri 6 yisbuye ntabwo bacibwaho iteka.
Nkunda amakuru yo mu Rwanda cyane!!!