Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1378 )

Mayor wacu wa nyanza,turamushima ariko nadukize abayobozi barya ruswa kugirango babone gutanga service.ba etat civilecyane cyane Charles Nkundakozera na affaire social witwa janvier bo mumurenge wa BUSORO.nta muntu ugihabwa service atabanje kugira icyo abaha ,twabarambiwe kdi turabamaganye.

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

meya wa rurindo na twishyurize rwiyemezamirimo witwa natani wambuye abaturage naho ubundi azageraho asdebe

prudent yanditse ku itariki ya: 20-04-2013

uavuga ngo rurindo ooye kdi meya yatanze kwishyuriza aba koze mumuhanda Kigali musanze,

prudent yanditse ku itariki ya: 19-04-2013

Ndatabaza kuko intore za NYARUGURU dukomerewe no kuyoborwa n’umutahira UMULISA Josiane wari ubishoboye ariko ingeso yo gukunda umugayo asenya urwe n’urw’abandi ikaba yaramunaniye.

Yashenye urwe na Aplhonse arusenyera mu rwa GITIFU none umugore wa Gitifu yaramubishije.

Mwatabaye koko ntagomeze gutatira umuco w’ababyeyi. Muzumva twabisakuje rero abayobozi mwese nimudafata icyemezo

Rurasamuheto syrille yanditse ku itariki ya: 18-04-2013

RULINDO oyeeeeeee

marie grace ndayiragije yanditse ku itariki ya: 18-04-2013

Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.

Nzamwita Amulam yanditse ku itariki ya: 17-04-2013

Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.

Nzamwita Amulam yanditse ku itariki ya: 17-04-2013

i speak english my mum and dad speak kinyurwanda tho

ndongozi yanditse ku itariki ya: 9-04-2013

Nibyo koko Rulindo,ikomeje kwesa imihigo,ariko ibanga nta rindi n’imiyoborere myiza n’uburyo ubuyobozi bwegera abaturage.Imana ikomeze ibafashe.

HABIYAMBERE JEAN BAPTISTE yanditse ku itariki ya: 3-04-2013

This is a very good tip particularly to those new to the blogosphere. Simple but very precise information… Appreciate your sharing this one. A must read article!

yanditse ku itariki ya: 3-04-2013

Natwe i kansi twategereje umuriro none amaso yaheze mukirere sinzi niba haricyo mwatwizeza?

Hyacinthe yanditse ku itariki ya: 31-03-2013

NIBYIZA MUJYE MUGANIRA NEZA

MUKUNDE yanditse ku itariki ya: 29-03-2013

ndintirengantya nomumashurimujyemuduraaaaaaaaaaaaaa

calpso yanditse ku itariki ya: 27-03-2013

mudusabire maire wa Nyarugenge abwirere abayobozi b Umurenge wa MUHIMA batange service nziza ahere kuri GUTIFU niba adashoboye bamuhindurire imirimo kandi KIGALI TODAY yohereze umunyamakuru

yanditse ku itariki ya: 27-03-2013

What is the difference between Computer Engineering and Computer Science?

yanditse ku itariki ya: 26-03-2013

Umunyamakuru wa kigali to day ukorera i nyanza yabuze amakuru.

misago jean pierre yanditse ku itariki ya: 26-03-2013

IGIHE BAVUGIYE UMUHANDA RUTSIRO RUBAVU NANUBU NTIBARIBAWUKORA!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

yanditse ku itariki ya: 26-03-2013

Muraho neza basomyi?ese ye,ngire icyo mbibariza,kuki mwihutira kwandika inkuru kuri uru rubuga muziko ruhurirwaho na bose,mukandika musebya bamwe mubayobozi hari ubwo mwaba mwarafashe umwanya wanyu ngo mujye kubaganiriza ndetse mubagire n’inama mbere yo kwandika musebanya?mugire ubushishozi mubyo muvuga.murakoze

Umuhuza Evryne yanditse ku itariki ya: 26-03-2013

MU KARERE KA GATSIBO ARI NAKO MBARIZWAMO HAKWIYE GUKWIRAKWIZWAMO ANDI MAVURIRO KUKO USANGA ADA HAGIJE.

BIGANZA THEONESTE yanditse ku itariki ya: 21-03-2013

Arikose mwakabyara mwe umuntu witwa MACYENGA USHINZWE IRANGAMIMERERE mumurenge wa KANJONGO mukarere ka NYAMASHEKE azagezahe kununuza imitsi yabaturage no kwandikisha umwana ni ukubanza ukamuhereza! naho isiigeze, cyngwa yibwirako tukiri munzibacyuho aho yari Perezida wurukiko rwa Kanto rwicyahoze ari komini GATARE AHO YIRIRWAGA ANYWA BYERI! NUKURI NDASHIMIRA abayobozi ba nyamasheke ibyiza badahwema gukorera abturage babo ariko MACYENGA arabatobera pe! kandi murabizi gufata icyemezo nibyo byabananiye. sawa tu.

alens yanditse ku itariki ya: 20-03-2013

Muraho,mfite ikibazo kumuvandimwe wanjye witawa Nshimyumuremyi Eric uherutse kurasirwa ahitwa sodoma ho muri Gikondo iruhande rw’agasoko gahari, yarashwe mumwaka ushize,araswa n,umupolice wo kwagacinya,kubw’amahirwe ntiyapha.ngira ngo amakuru y’iraswa rye yaravuzwe kumaradios, aho umuvugizi wa police nyumama yo gutanga iyi nkuru uko itari hakabaho kubeshyuza yageze aho akavuga ko uwo mupolice wamurashe isasu ryamucitse atabishak rikamwirasaho,mugihe mbere yari yavuze ko ngo yafashwe agendana imbunda enye. ibaze nawe hari umusivire wagendana imbunda nk’izo kumanywa y’ihangu muri iki gihugu dore ko banamurashe hakiri kare 17hoo za nimugoroba abantu bose babireba?yaje kuvurirwa kubitaro bya police kakiru nabwo bamujyanye amaraso yenda kumushiramo yaviriye imbere kuko babanje kumusiganira ndetse babuza n’abaturage kumutabara.dore ikibazo aho kiri rero: ubu Eric arafunzwe kuva icyo gihe,afungiwe kuri gereza nkuru ya Kigali,ntaburanishhwa, ntakatirwa abaye aho gusa mugihe we atazi nicyo azira,kuko bagerageje kumukorera dossiers zitandukanye ariko nyinshi bikaburirwa ibimenyetso, icyo ntakwirengagiza kubabwira nuko igihe araswa hari hashize akanya gato avuye murubanza rwa Ingabire Victoire,sinzi rero niba mwadufasha mukadukorera ubuvugizi niyo mwakwifashisha iperereza,mukagera aho icyo gikorwa cyabereye kuko hari kumanywa rwose. Njye mbashimiye uburyo mugiye kumfasha kumenya ukuri kw’icyo umuvandimwe wanjye azira kugeza ubu. MURAKOZE

yanditse ku itariki ya: 18-03-2013

GIKOMERO irakataje mwiterambere Ibanga ntaridi n’IMIYOBORERE MYIZA INOGEYE ABATURAGE.

karuyonga emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-03-2013