URUSAKU KURI TELEPHONE

Abantu benshi bakunze kwitabira telefone zigendanwa mu abantu benshi ariko hari benshi bibangamira!

Ibitekerezo   ( 3 )

Hari n’abagenda bacuranga radio yo muri telefone bari mu modoka kandi n’imodoka ifite radio irimo kuvuga ugasanga muri nko muri Bus murabangamiwe kabisa. Ushaka kumva radio yo muri telefone akwiye gukoresha écouteur aho kbangamira abagenzi barikumwe mu modoka.

jean yanditse ku itariki ya: 13-03-2012  →  Musubize

hahahaha!!!!!yabujije agatipe kwikubitira icyakura!!no mumodoka rwose abagenzi turananiranye nurusaku kumatelephone!twisubireho!

yanditse ku itariki ya: 12-03-2012  →  Musubize

hahahaha!!!!!yabujije agatipe kwikubitira icyakura!!no mumodoka rwose abagenzi turananiranye nurusaku kumatelephone!

maurice yanditse ku itariki ya: 12-03-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.