Muri iy’ iminsi hari kuvugwa ruswa ishingiye ku gitsina itangwa na bamwe mu bahanzikazi, kugira ngo indirimbo zabo zicurangwe ku maradiyo.
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Muri iy’ iminsi hari kuvugwa ruswa ishingiye ku gitsina itangwa na bamwe mu bahanzikazi, kugira ngo indirimbo zabo zicurangwe ku maradiyo.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Perezida Kagame yibukije urubyiruko kunoza imivugire n’imyandikire y’Ikinyarwanda
Imyaka yanyu ntimuzayipfushe ubusa - Perezida Kagame
RISA yaguze ikoranabuhanga rya Miliyari ebyiri, abarihawe ntibarikoresha
Kamonyi: Umuhanda Rugobagoba-Mukunguri ugiye gukorwa
Police hamwe n’urwego rw’Umuvunnyi nibashake uburyo iyo ruswa y’igitsina yafatirwa ingamba
Abayirya bazayikuramo icyo imbeba yakuye mukabati! Ahaaaa.
Igitsina ntigihomba, kugitanga ndumva ntawasi kuko bose bararyoherwa, umuntu ashora icyo afite kandi akifuza ko yunguka, kiguhaye akazi cg se isoko byaba ari amahirwe akomeye kandi ntawabyanga, ntikigaragaza ubwone mwana.
Muravuga ruswa y’igitsina iyoyo iramenyerewe n’uko itangirwa ahiherereye yo kandi kuyirwanya nti byoroshye pee igaragara cyane mu bayobozi bafata ibyemezo.
Ubu bari kuyitanga ku myanya y’ubudepite bwo mu kwa cyenda nzaba mbarirwa!!!!!
Si aho honyine ahantu hose ni ruswa no kubona akazi kuri ubu ni ruswa ni hake itaba
Bavandimwe isi irashaje! N’aho noneho ruswaj’igitsina igeze? Bagabo namwe bagore ndabagira inama yo kwisubiraho mureka gukora ibitabaha umumaro n’icyubahiro. Nimwisubireho mukore ibibereye kandi bitanga umusaruro mwiza kuri bose. Uwo njya gusiga ndamurinda.
Iyo ruswa ntawe uyirenga! Nushaka uzajye no muri za Minisiteri uzayihasanga! So, abayirya bashyiremo akete kugira ngo bayimare icike vuba!!