Radiyo zabaye nyinshi

Muri iki gihe amaradiyo amaze kuba menshi mu Rwanda atandukanye kuburyo buri wese yihitiramo iyo yumva.

Ibitekerezo   ( 2 )

murugo ngira radiyo imwe ariko usanga abana bayirwanira umwe ngo arashaka kumva isango undi flash undi city byaranyobeye!ubanza nanjye buri wese nzamugurira iye kugirango bikemuke

irena yanditse ku itariki ya: 23-03-2012  →  Musubize

bajye bashaka amaecouteurs kugira ngo badasakuriz abandi! urabona ukuntu bose bafite sonitec! bazagure 4ne zirimo amaradiyo batazajya bumvisha aband radio badashaka kumva!

hhaha! yanditse ku itariki ya: 23-03-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.