Ndaje mpamagare

Minisitiri w’intebe yashyizeho umurongo wo guhamagara utishyuzwa igihe wahawe serivisi mbi. Uwo murongo ni 3014.

Ibitekerezo   ( 1 )

minisitiri rwose warakoze cyane ubu abigize ba kagarara ngo ntawabakoraho bagiye kwikosora cyane cyane mumavuriro!!!komereza aho urabishoboye rwose

yanditse ku itariki ya: 30-04-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.