Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Nyabihu: Menya inkomoko y’izina “Kabatwa”
Nyamagabe ni iya mbere muri serivise z’ubutabera Musanze ni iya nyuma
Imvura yaguye mu mpera z’icyumweru yangije igice cy’umuhanda uhuza Kigali n’intara y’Amajyepfo
Nyamagabe: Padiri wirukanywe kubera uburaya n’ubusinzi, yagizwe umuyobozi ushinzwe amasomo mu kigo cy’ishuli
Biragaragara ko uwashyizeho izo mpapuro mu cyongereza.abakiriya bakenewe ntabwo ari abatazi icyongereza.ikintu cyose mu gihugu cyagombye kuvuga nikinyarwanda uzajya ukererewe abasemuzi baguteshe agaciro meaning by not speaking English you will be inferior,uneducated,useless.uri mu gihugu kitari icyawe cyabonye ba nyiracyo(English speaking generation) karabaye!!!!!!!
Ahubwo baguterera izo mpapuro wabasobanuza cyangwa se wababaza uko uzuzuza bakakubwira ngo ntuzi kwandika se? ngo reba muri abo baraho muri kumwe uwagufasha. ye nakumiro!
uretse n’icongereza muri Restaurent ibintu byose byarayoberanye mperutse guhurira n’umuntu ukuze ariko bitari cyane umwana we bamwirukanye kwishuri ariko ibyo yaboneye kuri Bank birababaje kuko kuzuza zampapuro ntahantu wasanga handitse mu kinyarwanda kd aribyaci nkabanyarwanda basi bazashyireho izo ndimi ariko batibagiwe n’urwacu rwa gakondo birababaje