Jya ku murongo nk’abandi

Serivise ihabwa buri muturage wese uyikeneye hatagendewe ku mikoro cyangwa ikimenyane kuko abantu bose barareshya.

Ibitekerezo   ( 1 )

Ntabwo bizacika, ntanubwo abantu bazareshya muri iki gihugu, mu gihe hari abo bita ABAVUGA RIKIJYANA n’abavuga ntiryijyane! Iyo mvugo izakosorwe. Kereka niba biterwa n’uvuga n’icyo avuga...Ahaaaahaaa! Igipindi.uk

Niyogusa yanditse ku itariki ya: 10-09-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.