Hakorwa iki ngo umuco wo gusabiriza ucike?

Ababyeyi bamwe boshya abana babo bakajya gusabiriza mu muhanda aho kugana ishuli.

Ibitekerezo   ( 1 )

njye numva umuntu usabye agiye yimwa wenda byagabanya gusabriza
kandi nababyeyi bagatoza abana kudasabiriza bababwira ko ari bibi

franco yanditse ku itariki ya: 20-07-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.