Baranyobeye!

Ababyeyi bamwe ntibishimira itembera rya bamwe mu bakobwa igihe bakagombye kubafasha imirimo.

Ibitekerezo   ( 2 )

Ariko abakobwa nabo babyungukiramo, cyane cyane iyo babatemereza milieu zitandukanye kandi nziza. Usibye ko ibyo byose ari ubusa kuko bitaruta umurimo. Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona.

Kibwana yanditse ku itariki ya: 3-04-2013  →  Musubize

Abakobwa b’ubu ntago bashyira mu gaciro,ahubwo se uwo muhungu we buriya ntamubeshya?

Danida yanditse ku itariki ya: 2-04-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.