Umunsi mwiza wa se valante(saint valentin)

Tariki ya 14 gashyantare ni umwe mu minsi ngarukamwaka abakundana bizihiza ariwo se valante(saint valentin)uwo munsi usanga buri wese ari kumwe n’umukunzi we baganira .akarusho ni uko hakunzwe ku garagara ibara ry’umutuku n’umukara!

Ibitekerezo   ( 3 )

Merereye hano nyagatare mumurenge wa mimuli mumudugudu w’isangano uramutse ufite umukunzi akakubwirango kuri saint valentin muzasohokera muri Hotel nziza hano mugihugu mukabyemeranyaho maze itariki ikagera mukagenda ndetse mukandera mumodoka nziza cyane mukanywa mukifotoza mbese burikimwe cyose mukagikora nkabakunzi noneho igihe cyogutaha kigagera umukobwa akakubwira ngo sheri wakoze byiza kandi byinshi ariko mfite umusore wazanye inkwano munyaka ibiri ishize"ubwo urumusore imodoka yagenda? cyangwa wabigenzute? ese wakongera ukamutwara mumodoka? murakoze mutubwire.

Hakizimana Emmy yanditse ku itariki ya: 11-02-2020  →  Musubize

NIFUZAKO NTAWABABARANKANJYE.GUSAMBIFURIJE,KURYOHERWANURUKUNDO.

NIYOMUGABO JAMUSI yanditse ku itariki ya: 12-02-2014  →  Musubize

NTEKEREZAKOBYABABYIZ,ABAKUNDANABAKIRINDAKUBABAZANYAMURIKIGIHE,NAHONJYEMAKIJEKUMENYERA,UMUTSIWABAKUNDANYEUGERANUWONKUNDANYENAWETWASHWANYE,

NIYOMUGABOEJAMUS yanditse ku itariki ya: 25-01-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.