Nkore iki?

Benshi bibaza icyatuma ingo zimwe z’abashakanye zicika ku ngeso yo gucana inyuma imaze iminsi igaragara.

Ibitekerezo   ( 12 )

Pierre urandangije tu !!!!!!!!!!!!!! Burya se hari aho bigera bakambara casque nko mri RUGGBY ? NDUMIWE kigani cy’abahanzi.

alias yanditse ku itariki ya: 27-03-2014  →  Musubize

Pierre ndamushimiye ariko no kuba umugabo adasenga byaba impamvu n’ irari ry’ umubiri kuri bose.

Tuyisenge yanditse ku itariki ya: 19-03-2014  →  Musubize

Ibi byose bigenwa (controle) na nyirubwite niwe ufata umwanzuro wo guca inyuma. Wowe rero waciwe inyuma nta bushobozi bwo kubicontrola ufite, nta kindi wakora uretse gutura IMANA akababaro kawe ikaguha imbaraga zo kwikorera uwo musaraba, inshingano zawe ukazuzuza we azasigara arwana na kaemre ye kandi imbere y’Uwiteka nta avocat (umwunganizi) azaba afite...

Marie yanditse ku itariki ya: 8-10-2013  →  Musubize

gusenga niyo ntwaro wakwifashisha muguhangamura ibyananiranye.

eric yanditse ku itariki ya: 19-07-2013  →  Musubize

umva icyo wakora cyose ni akarwara kibereyeho gusa mwokabyara mwe mujye mufata udukingirizo aho kwica inzirakarengane mwashakanye hejuru y’ubucucu n’ubugoryi ariko ubundi umuntu yagiye asambana akabanza akabihaga agashaka yafashe umwanzuro jye bintera iseseme iyo mbona abantu baheheta gusa kurusha ingaragu bitwa ngo barubatse yewe bateye asyi

cocoumbo yanditse ku itariki ya: 20-06-2013  →  Musubize

UPierre afite inama nziza kabisa!!!Thx Peter!

Love yanditse ku itariki ya: 19-06-2013  →  Musubize

Dore mbagezeho umuti nanjye mbona wakwifashishwa ngo ingeso yo gucana igabanuke , mu ngo ziri hanze aha.
Ubundi rero byose byicwa no guha ikibazo uburemere kidafite, urugero ni kumva cg kumenya ko uwawe (gore or gabo)ajya aguca inyuma, byaba byiza:
1.Ugize ubutwari bwo kwima agaciro icyo gikorwa.
2.Hangana no kurwanya uburakari cg ngo wihimurire ku biyobyabwenge kuko ushobora gutakaza controlle ku bikorwa byawe.
3.Ibyabaye iyumvisheko, ari ibintu babiho ko nta gikuba cyacitse.
4.Ishakemo imbaraga zo kuganiriza umufasha wawe uti: Ese byibuze wibutse kwikingira? Umwunganizi se yakuryohereje? uti sha mbabarira umbwire agakoryo wumvishe andusha nanjye njye nkongeramo!,ubuhindure blague kuko aggressivité(kwisaza) bifatwa na benshi nkigihano bikarangirira aho ukaba nayaho. 5.Gura udukingirizo twinshi udushyire ahagaragara mu cyumba, kandi umusabe ko yajya atwifashisha igihe bibaye ngombwa. 6.Nafata isafari, umwibutse kwitwaza condoms. Biens sure azazigarura zose! 7.Ihabara rye, nugira amahirye yo kurimenya,gerageza urihindure inshuti yawe gusa ujye ucishamo uribaze niba uwawe aryoshye kugirango rimenye ko nawe ubizi. 8.Kunda kwitegereza uwawe mu maso, mwegere umusome ucecetse nurangiza mubwire ko umukunda, nubwo waba utari ubusanganywe ubyitoze. 9.Genzura réaction(inyifato) zuwawe,kandi ntube umwana wibuke ko mu gucana inyuma havamo SIDA/VIH & Mal.Sexuel.Trans, nyinshyi ,burya game ziba ziri sous une explosion exponentielle.
10.Tangira gusangira ku isahani imwe nuwawe, yanga kurya nawe ubyihorera. You dont have to know why, just irinde kuko umuntu yagusiba ku isi mu masegonda make.
11.Hahahahahaaa... Nibigera aho urara wambaye Casque nkumumotari, hazakurikiraho kwiyambaza inkiko ubundi muacane wazima,kila mtu yendde zake nkabajama mutihaye rubanda, ntaho ritarema. kandi c`est pas la fin du monde. Murakoze ufite ugutwi niyumve icyo UPierre abwira abubatse.

Pierre yanditse ku itariki ya: 18-06-2013  →  Musubize

Hari ibintu bikurikira biterwa no gucana inyuma:
01. Kuba umugabo atabana n’umugore we; akenshi bakabonana muri week end bitewe n’akazi bafite, umwe ari kure yundi.
02. Kumva nabi uburinganire bigatuma umugore yishyira imbere igihe icya ari cyo cyose.
03. Kuba umugore adasenga
04. Kutagenerwa icyubahiro cy’umugabo mu rugo rwe
05. Kutanyurwa n’umutungo mufitanye
06. Kutabwizanya ukuri
07. Gushyira inyungu nyinshi z’iwabo w’umugore
08. Kutaganira mu rugo
09. Guhora ufite irari ry’ibintu
10. Guhora umwe akangisha undi ngo batandukane (divorce)
NI UKO BYUMVA

Elias yanditse ku itariki ya: 18-06-2013  →  Musubize

Yewe ntacyo wakora ngo areke kuguca inyuma, akabaye icwende ntikoga, kandi ngo iyonnye ihoramo! Pole sana!

tereriyo yanditse ku itariki ya: 18-06-2013  →  Musubize

ahanini iyo urebye impamvu zituma abashakanye bacana inyuma:1.kuba barashakanye badakundana umwe muribo haricyo akurikiyeho undi (umutungo)n’ibindi.2.Kuba umwe muribo harishingano atuzuza neza murugo.3.kutabwizanya ukuri.4.ubwumvikane buke murugo .Irari ndetse nokutumva ko warekana nabo mwakunganaga mbere ukamenyako wubatse urwawe .5.kutabona umwanya uhagije wokuba uri kumwe nuwo mwashakanye .6.Kutanyurwa nuwo muri kumwe cyangwa ibyomutunze (uko mubayeho mubuzima bwaburi munsi),kubwanjye ndumva aribyo wakora .murakoze.

Kwitonda yanditse ku itariki ya: 18-06-2013  →  Musubize

igisubizo ni kimwe, ni ukubwizanya ukuri ku bashakanye ubona hari ikitagenda akakibwira undi bakagishakira umuti.Akenshi umuntu asambana atari ukubera ko yanga uwo bashakanye ahubwo ko hari ikitagenda yatinye ku mubwira bityo bigatuma ajya gushakira igisubizo hanze.Habeho no kwiyoroshya ku mpande zombi kuko burya iyo umuntu atakikwibonamo ajya gushaka consolation hanze.

rukundo yanditse ku itariki ya: 17-06-2013  →  Musubize

Igisubizo cyo kugirango abubatse ingo bataguma gucana inyuma ni uko bakurikiza amategeko y’Imana. Cyane cyane bakibanda kuri ntuzasambane,.... Icya kabiri ni uko bakurikiza amategeko ya leta ndetse bakagendera no kumpanuro baba baratojwe n’ababyeyi babo mu gihe bari abana. Iya gatatu ni uko twese abanga ubusambanyi twahaguruka tugashinga amakarabu yigisha ibibi byo gusambana mbese gucana imyuma hagati y’abashakanye, abakundana ndetse tunibanda kurubyiruko kuko ari rwo heza hacu hazaza. Naho ubundi nitegereje uriya mugore n’uriya mugabo(ucyenyeye isuwime)ndabona bayakanuye pe. Ndabona babuze aho bakwirwa. Mbega amaso! Buriya se nyiri urugo ko mbona abaguye gitumo barajya he? Ahu bwose se nyiri urugo ntari bwiruke we? Dore disi afite ka marete avuye ku kazi! Buriya se twavuga ko yishinga gukora akazi cyane akananirwa hanyuma akagera murugo yananiwe cyangwa n’uko adashoboye gutera akabariro? Ahaaa!!! Iby’ubu ni aka wa mugani wa Mugoyi!

Kibwana yanditse ku itariki ya: 17-06-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.