Naracikanwe!

Muri iyi minsi abantu barakangurirwa gukora siporo.

Ibitekerezo   ( 2 )

sport n’ingirakamaro buriya abatayizi ntago bamenya ibyiza byayo.ni umuti w’indwara nyinshi,ubusabane,ibyishimo...............

adamus wa Nyange yanditse ku itariki ya: 12-06-2013  →  Musubize

Ni byiza gukora siporo kuko bituma ibinure bigabanuka mu mubiri, amagufwa agakomera, amaraso agatembera neza, ndetse n’umubyibuho ukabije ukagabanuka cyane cyane kuri bariya bafite umubyibuho ukabije nkuriya mugore ndora watangariwe nuriya wambaye igitenge uri kumuhanda.

Kibwana yanditse ku itariki ya: 4-06-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.