NTAWEMEREWE KUVUGANA N’ITANGAZAMAKURU!

Itangazamakuru nikimwe mu bituma ibibazo by’abaturage bimenyekana!

Ibitekerezo   ( 2 )

abayobozi bagomba gufatira ku rugero rwa Perezida uvugana n’itangazamakuru buri kwezi na bo bagafata iya mbere mu kumenyesha Abanyarwanda ibyo bakora. hari bamwe babona itanganzamakuru nk’umwanzi wabo. si byo. Mureke bavuge ibibazo by’abaturage na bo batange umusanzu wo kubaka igihugu cyabo bakunda. Murakoze.

Matsiko yanditse ku itariki ya: 8-05-2012  →  Musubize

iyi ni Kamonyi peeeeeeeeeeeee niyo itemerera abaturage kuvugana n’abanyakauru

hha yanditse ku itariki ya: 7-05-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.