Kugura urukundo

Muri iyi minsi si abakobwa gusa bashaka amafaranga bitwaje urukundo ku incuti zabo ahubwo n’abasore nabo ntibatanzwe.

Ibitekerezo   ( 7 )

karibu iwanjye. Twabyumva kimwe. Ngwino.

kalisa yanditse ku itariki ya: 1-08-2013  →  Musubize

KIRIYA GIKECURU KIRI GUSHUKA URIYA MUJYAMBERE UMVARERO BATIPE MBAGIRE INAMA MUKURE AMABOKO MUMPUZU MUKORO MWIRINDE KURYA IBYA BANYOGOKURU MUBABESHYA KUBINJIRA NKAMAVUNJA MUBIRENJYE

MASORO yanditse ku itariki ya: 1-08-2013  →  Musubize

hahahhah murasetsa gusa

Ben yanditse ku itariki ya: 17-07-2013  →  Musubize

Murandangije tu. Buriya se uriya mutype n’uriya mutypete murabona bakwiranye? Abana bato barahari uriya ni uwo kwirira cash gusa. Gusa ukuntu ateye neza niba ariko yasaga wapfa kugerageza.

alias yanditse ku itariki ya: 26-06-2013  →  Musubize

Murandangije tu. Buriya se uriya mutype n’uriya mutypete murabona bakwiranye? Abana bato barahari uriya ni uwo kwirira cash gusa. Gusa ukuntu ateye neza niba ariko yasaga wapfa kugerageza.

alias yanditse ku itariki ya: 26-06-2013  →  Musubize

Barayahekenya da!

nitha yanditse ku itariki ya: 26-06-2013  →  Musubize

mbega umukobwa mubi weee!ariko ateye neza pe!cyokora abakobwa babi nibo bahonga abagabo amafaranga ngo babakunde.

alias yanditse ku itariki ya: 26-06-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.