Imyambarire y’abubu!

Imwe mu myambarire iri kugaragara muri iki gihe usanga irangaza abantu batari bake. Urubyiruko usanga ruyishima, abakuze ugasanga bavuga ko ari uguta umuco nyarwanda!

Ibitekerezo   ( 12 )

abakobwa ngo batambaye utugaragaza uko bateye ntibage ma!!!!

irampa yanditse ku itariki ya: 8-08-2012  →  Musubize

MWABAKOBWAMWE MWIKURURIRA SIDA NTAWE NZARWAZA

SOLANGE yanditse ku itariki ya: 30-05-2012  →  Musubize

Imyambarire,buriwese afite uko ayibona ariko ntimukwiye kwibagirwa ko wa mugani buriwese yigurira imyenda.gusa hari abakobwa bakabya.nahubundi wishyiriyemo agakanzu kagufi ariko katakwambika ubusa,ntaribi kabisa

Rajyabu yanditse ku itariki ya: 16-04-2012  →  Musubize

birababaje kwambara ubusa kandi uri umwari

fifi yanditse ku itariki ya: 14-04-2012  →  Musubize

mmaze kwitegereza ibyo byoseeeeeee, nabaye nk’umubwiriza( in bible)nuko nicara iwanjye muri sallon mpita nibuka ko ibyo byose ari imiruho imana yahaye abantu ngo bayiruhe.!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!kigali mvukamo we.

XXXXX yanditse ku itariki ya: 27-03-2012  →  Musubize

mwabakobwa mwe mwakwihaye agaciro ko ntawuzakabaha mutabanje kukiha!!nkubwo kwambara bwabukanzu bwimpinja abacuruzi babazanira bukabagaragaza uko muri amakariso mubirere muba mushaka kugera kuki?ubwo se wambaye ako kantu kagaragaza ikariso umuhungu akagufata kungufu yaba akurenganyije!ngo imyambarire igaragaza uwuriwe!twe abahungu iyo tukubonye wambaye gutyo tuguca amazi tukagufata nkicyomanzi!nzaba mbarirw!!ibihe byiza!

claude yanditse ku itariki ya: 23-03-2012  →  Musubize

HARI UBWO TUNANIZA UMUTWE/UBWONKO BWACU TUWUHA GUTEKEREZA K’IBINTU BITAGUFITIYE AGACIRO!!!
NKUBU KOKO WABA UFITE GAHUNDA Y’UMUNTU UGIYE KUGUHA IKIRAKA, CG UGIYE GUKORA IKIZAMINI, CG UHAMAGAWE NGO BAKWISHYURE, KOKO MUVUGISHIJE UKURI HARI NUMWE MURI ABO NAVUZE HARUGURU WABONA UWO MWANYA WO KUREBA NA COMMENT KU BAKOBWA BAMBAYE UKO BASHAKA? SO MWITA UMWANYA MUREBA IBITABAFITIYE AKAMARO REBA GUSA IBYAWE IBYABANDI WITA KO ARI BIBI BIBAREKERE.... NTAMWANYA WO GUTA, KUREBA NO KUVUGA UBUSA MURI IYI SIECLE

ZUZU yanditse ku itariki ya: 21-03-2012  →  Musubize

hahahaha!!!!!!!njye rwose abakobwa bubu wamugani wako gakecuru baranyobeye. rwose sinzi impamvu bambara imyenda ibagaragaza uko bateye kose ubanza baba bafite icyo bashaka kugeraho si gusa!nzaba mbarirwa!ibyiyi visio

piyo yanditse ku itariki ya: 20-03-2012  →  Musubize

Ariko se kuriya ni ukurimba?Gusa hari abana baba bateye neza kuburyo ubwo bwiza batabwihererana,ariko ntibagakabye gusa nkinkumi ifite amaguru meza burya ntakibazo ariko iyo agaragaja ikariso aba yarengereye.

Bona yanditse ku itariki ya: 19-03-2012  →  Musubize

Ni danger ariko turiya dukanzu tugeraa munsi y’ikibuno basigaye bambara bawtita ngo ngwiki? nabanje kutubona mu maclip y’indirimbo z’abanyamerika nono no mu Rwanda basgaye batunigiriza! ntibizoroha na gato!!!

Ehhh! yanditse ku itariki ya: 16-03-2012  →  Musubize

bizi abasitarikazi utwenda bambara. batwereka amakariso, nayobewe ibyo baba bashaka kutwereka!kigalitoday muri abagabo!!

yanditse ku itariki ya: 16-03-2012  →  Musubize

Buri wese na gahunda ye mu myambarire!!! Umuntu aguciyeho imyambarire ye ikagutera ikibazo, ubwo icyo gihe nawe ibyo wambaye bishobora kumutera ikibazo kuko buri wese yigurira imyenda cyangwa akayigirirwa n’uwamubyaye!!! Buri wese amenye ibibazo bye kuko nta muntu uri model y’abandi ubaho!! Mera nkanjye niyo itaza ibibazo mu bantu!!

yanditse ku itariki ya: 16-03-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.