Ibiciro by’ibinyobwa bya Bralirwa bidasindisha byarazamutse! Ku buryo byegeranye n’ibiciro by’ibisindisha byo mu macupa mato.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Ibiciro by’ibinyobwa bya Bralirwa bidasindisha byarazamutse! Ku buryo byegeranye n’ibiciro by’ibisindisha byo mu macupa mato.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Abarokotse Jenoside bo ku Mugina barasaba ko hakubakwa Urwibutso
Ntimucikwe n’ikiganiro ‘EdTech’ kigaruka ku ikoranabuhanga mu burezi
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Malaysia
Kigali: Imvura yaguye yahitanye abantu 2 isenya n’inzu
nababwira iki! shyuhuhuuuuu!
Ubu amazi agezweho! nzajya nyateka maze nyanywe maze agahinda gashire! twifashe twese rahirako batagabanya ibyo biciro byabo! boshywa natwe tuzigura!
Essence iragabanuka bakabeshya abantu ngo kubeera ibiciro by’ubwikorezi byazamutse niyo mpamvu bongereye igiciro cya fanta!!! Barabeshya baba bashaka cash yo guha babandi baririmbira kuri CD ngo ni muri PGGSS. Turarambiwe n’amatangazo ya NTUYARENZE kandi bazamuye ibiciro aho kumanura.