Abahanzi batandukanye basusurukije abibabiriye Rwanda Day mu Buholandi, nk’uko bavuga ko ari ukubakumbuza igihugu cyabo.
Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yabwiye Abanyarwanda baba mu mahanga bitabiriye Rwanda Day, ko igihugu cyabo kibaha agaciro gakomeye.
Inzobere mu by’ubucuruzi zirashishikariza amasosiyete yo mu buholandi gushora imari mu Rwanda. Ibi byabaye mu biganiro bagiranye bibanziriza Rwanda Day
Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu kanya gashize yageze mu Buholandi aho agiye kwitabira Rwanda Day akaba aribuze no gusangira ibitekerezo n’abayitabiriye.
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bitabiriye Rwanda Day yo kuri uyu 3 Ukwakira 2015 mu Buholandi baramukiye mu imurikabikorwa ry’ibikorwa bitandukanye bigaragaza isura y’u Rwanda.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Muhanga bavuga ko Rwanda Day ifite akamaro kanini cyane kuko ari uburyo bwo kugaragariza icyarimwe ku isi hose isura nziza y’igihugu.
Abahagarariye ibigo by’ubucuruzi birenga 100 byo mu Buholandi baritabira ibirori bya Rwanda Day, nk’uko itsinda riyitegura ryabitangaje.
Abanyarwanda baba mu Buholandi, ariho hazabera Rwanda Day 2015, ngo bishimiye kwakira Perezida wa Repubulika Paul Kagame bafata nk’inshuti yabo by’umwihariko.
Abarenga ibihumbi bine biganjemo abashoramari n’Abanyarwanda baba hanze nibo bazitabira ibirori Rwanda Day izabera mu Buholandi ku wa gatandatu tariki 3 Nzeri 2015.
Abanyarwanda b’imbere mu gihugu n’abo muri Diaspora bategereje gahunda ya Rwanda Day izabera mu Buholandi kuva tariki 3-4 Ukwakira 2015.