Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

dutuye mukarere kakayonaz mumurenge wamwiri mukagari kanyamugari mumudugudu warwazana dufikibazo cyumuriro wamashanyarazi turasaba perezida por kagame koyatugezaho iryoterambere murakoze?

Iyamuremye desire yanditse ku itariki ya: 20-10-2022

Ntuye mu mudugudu wa buroha imyaka 2ans irashize Dufite ikibazo cyo kuba LEG yaratwimye umuliro w’amshanyarazi kandi twegereye ibikorwa Remezo bya LETA.

alias claude yanditse ku itariki ya: 19-10-2022

Mudufashe baduhe imodoka bakozaho carte ligne Nyabugogo-Gaseke-kajevuba-Rusine-Marenge.
Gutega biratugora.
Murakoze.

Mujawayezu Laurence yanditse ku itariki ya: 15-10-2022

Ntuye Ntarabana (Rulindo)kuva COVID yaza ligne yacu ntigira ibiciro bizwi(Nyabugogo-Gaseke,kajevuba,Rusine,Marenge)twishyura nkabagiye Byumba(Gicumbi)umuntu ukorera kgli na ticket ntivamo,urebye nuko ibiciro biriho bimeze.
Mwatuvuganira bakaduha za modoka bakozaho carte?
Murakoze.

Mujawayezu Laurence yanditse ku itariki ya: 15-10-2022

mukarere ka HUYE dufite ikibazo kimvura kabisa

HAKIZA yanditse ku itariki ya: 14-10-2022

Ndashimira abayobozi ubwitonzinubushishozibakoresheje
Natwemuzadutumiredufiteabakobwabeza murakoze.

Gasaro Umuhuza yanditse ku itariki ya: 10-10-2022

Dukunda inkuru zanyu zikoranye ubuhanga nkaba nange nifuza kuzaba nkamwe cyane ko nkunda amakuru n’ibiganiro byanyu nka:" DUNDA SHOW na tino, ket_ parade na iness n’ibindi byinshi nkaba mashimiye cyane", murakoze.

Senyana emmanuel yanditse ku itariki ya: 9-10-2022

mudufashe rwose kutuvuganira umuhanda nyankora_nasho warapfuye hakeneye kaburimbo murakoze!

RUSHIGAJIKI fabien yanditse ku itariki ya: 2-10-2022

Mukarere ka Rubavu mucyiciro cyambere cy’amashuri yisumbuye ni abana bangahe babashije kugira amanota angana na 54.

Bizimana yanditse ku itariki ya: 29-09-2022

Mukarere ka Rubavu mucyiciro cyambere cy’amashuri yisumbuye ni abana bangahe babashije kugira amanota angana na 54.

Bizimana yanditse ku itariki ya: 29-09-2022

Nibyizape kukonigenzi

Habimanawilison yanditse ku itariki ya: 26-09-2022

Mutubarize igihe amanota yabanyeshuri azasohokera

Nsengimana Theoneste yanditse ku itariki ya: 24-09-2022

MWATUBWIYE IGIHE AMANOTA AZASOHOKERA

ALIAS yanditse ku itariki ya: 12-09-2022

ikibazo dufite: lege yamaninse insinga,itwimpa umuriro none tumaze umwaka tudacana,akarere ngororero, sector muhanda, cell: rutagara,, baduhaye umuhanda nyuma yimwaka 2 warangiritse ntamodoka iwugendamo, ese akarere ntangengo yimari kagira yogusana imihanda, muzatubarize, Meya wa ngororero
Umuhanda uhuza umurenge wa sovu na Muhanda,

Nzayisenga Patrick yanditse ku itariki ya: 19-08-2022

Intara : yiburengerazuba Akarere :kanyabihu

Manirumva orivie yanditse ku itariki ya: 9-08-2022

KIREHE NI IYAKANGAHE MUMIJYI YUNGANIRA KIGALI? murakoze.

RUKUNDO DAVID yanditse ku itariki ya: 8-08-2022

IGITONDI GIKEYENEZA

EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 29-07-2022

nitwa tuyisenge Innocent ntamuriro dufite mugace kumudugudu wa rwakabanda hepfo yo mugasantere ko mukigobe twasigaye hagatiyabandi dusigara hagati tudacana mudufashe

tuyisenge innocent yanditse ku itariki ya: 15-07-2022

nitwa tuyisenge hamwe nabaturage bagenzibanjye mumudugudu wa rwakabanda haragace gato katabonekamo network ntaterefone zihakorera ntaminara ya phone mudufashe

tuyisenge innocent yanditse ku itariki ya: 15-07-2022

Mujyemutwereka amakuru yakarere kakayonza

Shumbusho martin yanditse ku itariki ya: 11-07-2022

Nunda amakuru mukomeza kutugezaho. Mukomerezaho rwese murakoze

Manirafasha obed yanditse ku itariki ya: 8-07-2022

Nkunda abaturarwanda bose.

Manirafasha obed yanditse ku itariki ya: 8-07-2022