Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi
Mu gakenke abacuruza inyongeramusaruro koperative yabo ntibazi imikorere yayo baheruka bashyiramo amafaranga ntibamenya irengero ryayo batumijeho na RCA NTIYAGIRA ICYO IBAMARIRA KUKO RAPORO BAHAWE NA PEREZIDA NIYO BAJYANYE NGOO ODITE IRARANGIYE
Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi
mutugezaho amakuru meza rwose
Imushubati mukagari kandi cyarusera umudugudu kigarama umuyobozi wakagari nashobora kuguha services, kubuntu mudutabare
Abaturage ba matyazo bakora muri vup rwose hashakwe ukobahembwa
MU KARERE KA KAMONYI,UMURENGE WA NGAMBA, AKAGALI KA KABUGA, ABATURAGE BARIMO KURIRA AYOKWARIKA KO BAGIYE KUBAHO NKABATUYE MUKARWA KUBWIGUJYE, KUBERA UMUGEZI UZWI KWIZINA RYA NYAMAGANA NUW’ICYOGO BYA NGIJE UMUHANDA IGATABA IBIRARO IGACA HEJURU YABYO MUMUHANDA UBAHUZA NUTUNDI DUCE BAHANA IMBIBIBI, KDI NTAKO BATATAKIYE LETA NGO IGIRE ICYO IBAFASHA YO IGAKOMEZA IKIREBERA BIKABA BIGEZE AHARINDIMUKA.
ndabashimiye kubwamakuru meza mutugezaho
MUKOMEREZAHO KUMAKURU MENSHI MEZA MUDUHA.
NDIFUZA YUKO MWAZASURA UMUHANDA WACU UVA MUKAKABIRI KA GITARAMA UGANA I MUSANZE. KANE KANE GUHERA NYABIKENKE KUGERA KUKIRARO KA NYABARONGO KUMUVUMBA. UMUHANDA WAGIYE UTENGUKA NDETSE HARI NI MIGEZI ITURUKA MU NDIZA IGENDA IMANURA AMAZI AVANZE NISURI BIKAWANGIZA,
Mwadutumikira rwose kuko mu karere ka Burera,umurenge wa Kivuye ugizwe nutugari 4 ntamuriro kabisa uratugeraho abayobozi barahagera bakaduha gahunda ariko amaso yaheze mukirere.ubudukeneye kubimenyesha H.E Paul kagame intore izirusha intambwe niwe utabesha.kuko birababaje ago murwanda hakiri umurenge whose udafite amashanyarazi bityo bikadukoma mu nkokora mwiterambera.mudufashe rwose.
nibyo akarere kamuhanga gahora kwisonga mugustinda kand nange ndagashyigikiye
abakobwa batora kwataribeze koko murwanda bazagabanye ibibazo baha banyampinga batore umukobwa ufite uburanga ataribyo urwanda ruzaba urwanyuma mubakobwa beza kwisi ndetse nomuri africa?
amakuruyakazi mukarere kanyagatare
Muratwubaka Kandi mutugezaho amakuru agezweho. Gusa inkuru za politiki ni nke
Muzasure nyiramageni/mbogo cell/gikonko sector /gisagara district iterambere ryasigaye inyuma ntabikorwa remezo numuriro barawutubeshye amapoto asaziye mubutaka mbese turababaye kt radio nituvuganire nkuko mubikorera nabandibaturage?
Mu murenge wa Gikonko mukarere ka Gisagara mu kigali ka nyiramageni abaturage baho ntabikorwa remezo biharangwa namashanyarazi batubwiye amapoto asaziye mubutaka batugurishije computer za cash power nanubu twabuze abazaza kuduha umuriro rwose u c e l cg REG niturwaneho hamwe nubuyobozi bakarere ka gisagara kuko duheze mwicuraburindi kdi ibindi bice byurwanda bitera imbere umunsi kumunsi twe ntitumenya icyo twabuze.rwose KT radio muzahagere murebe uko harinyuma mwiterambere kdi tubizeraho ubuvugizi bufasha abaturage kwibukwa na leta.
Abarezi bemerewe inka na REB ko bategereje bagaheba.
amakuru y’imikino
ndi umuturage wo mu karere ka kirehe,umurenge wa Nasho ,akagali ka ntaruka twibaza impavu akagali ka ntaruka mutugari 5 tugize umurenge wa nasho niko kataranshingwamo ipoto kandi hari ibikorwa by’amajyambere mwatubariza abashinzwe gutanga umuriro(EWSA) natwe bakatugeraho, murakoze.
Ndumuturage wo mukarere ka gicumbi umurenge wa RUTARE akagali munanira mwatubariza ubuyobozi bubishinzwe impanvu mukagali ka munanira tutabona umuriro nikibazo?
ndabaku ndacya ne