Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Umunyamakuru wa kigali to day ukorera i nyanza yabuze amakuru.
IGIHE BAVUGIYE UMUHANDA RUTSIRO RUBAVU NANUBU NTIBARIBAWUKORA!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Muraho neza basomyi?ese ye,ngire icyo mbibariza,kuki mwihutira kwandika inkuru kuri uru rubuga muziko ruhurirwaho na bose,mukandika musebya bamwe mubayobozi hari ubwo mwaba mwarafashe umwanya wanyu ngo mujye kubaganiriza ndetse mubagire n’inama mbere yo kwandika musebanya?mugire ubushishozi mubyo muvuga.murakoze
MU KARERE KA GATSIBO ARI NAKO MBARIZWAMO HAKWIYE GUKWIRAKWIZWAMO ANDI MAVURIRO KUKO USANGA ADA HAGIJE.
Arikose mwakabyara mwe umuntu witwa MACYENGA USHINZWE IRANGAMIMERERE mumurenge wa KANJONGO mukarere ka NYAMASHEKE azagezahe kununuza imitsi yabaturage no kwandikisha umwana ni ukubanza ukamuhereza! naho isiigeze, cyngwa yibwirako tukiri munzibacyuho aho yari Perezida wurukiko rwa Kanto rwicyahoze ari komini GATARE AHO YIRIRWAGA ANYWA BYERI! NUKURI NDASHIMIRA abayobozi ba nyamasheke ibyiza badahwema gukorera abturage babo ariko MACYENGA arabatobera pe! kandi murabizi gufata icyemezo nibyo byabananiye. sawa tu.
Muraho,mfite ikibazo kumuvandimwe wanjye witawa Nshimyumuremyi Eric uherutse kurasirwa ahitwa sodoma ho muri Gikondo iruhande rw’agasoko gahari, yarashwe mumwaka ushize,araswa n,umupolice wo kwagacinya,kubw’amahirwe ntiyapha.ngira ngo amakuru y’iraswa rye yaravuzwe kumaradios, aho umuvugizi wa police nyumama yo gutanga iyi nkuru uko itari hakabaho kubeshyuza yageze aho akavuga ko uwo mupolice wamurashe isasu ryamucitse atabishak rikamwirasaho,mugihe mbere yari yavuze ko ngo yafashwe agendana imbunda enye. ibaze nawe hari umusivire wagendana imbunda nk’izo kumanywa y’ihangu muri iki gihugu dore ko banamurashe hakiri kare 17hoo za nimugoroba abantu bose babireba?yaje kuvurirwa kubitaro bya police kakiru nabwo bamujyanye amaraso yenda kumushiramo yaviriye imbere kuko babanje kumusiganira ndetse babuza n’abaturage kumutabara.dore ikibazo aho kiri rero: ubu Eric arafunzwe kuva icyo gihe,afungiwe kuri gereza nkuru ya Kigali,ntaburanishhwa, ntakatirwa abaye aho gusa mugihe we atazi nicyo azira,kuko bagerageje kumukorera dossiers zitandukanye ariko nyinshi bikaburirwa ibimenyetso, icyo ntakwirengagiza kubabwira nuko igihe araswa hari hashize akanya gato avuye murubanza rwa Ingabire Victoire,sinzi rero niba mwadufasha mukadukorera ubuvugizi niyo mwakwifashisha iperereza,mukagera aho icyo gikorwa cyabereye kuko hari kumanywa rwose. Njye mbashimiye uburyo mugiye kumfasha kumenya ukuri kw’icyo umuvandimwe wanjye azira kugeza ubu. MURAKOZE
GIKOMERO irakataje mwiterambere Ibanga ntaridi n’IMIYOBORERE MYIZA INOGEYE ABATURAGE.
Ibigaragara mukarere ka GASABO Ubuhinzi bwateyeimbere by’umwihariko Umurenge wa GIKOMERO Ibanga ni ugukorerahamwe muri koperative
Njye mbere na mbere ndashira LETA Y’UBUMWE, kubyiza badahwema kugeza kubaturage ba Nyamasheke cyane cyane iterambere ryihuse ,ARIKO SINABURA KUNENGA,bamwe mubayobozi baka karere usanga barabaswe na MIVUMU,Cyane cyane Uwo bita MACYENGA Ushinzwe iranga mimerere mumurenge wa KANJONGO, mubyukuri arakabya wagirango yatumwe na karere kurya ruswa kuko batajya bamuhana niyo babimenye. Nawe umuntu ararya akarya nibyabasangwabutaka? Ahaa!!! mube maso (JEAN BAPTISTE OYEEE!!!!) Komerezaho, kdi wese imihigo ucunge cyane MACYENGA kuko azagutobera.
kuwagatandatu nababajwe no gufungwa nabayobozi bakagali ka nyanza banziza mituel de sante ngo sinayigendanye umwe muribo yasabagako nishura bakanpa quitance nkibaza nimba quitance ibungabunga ubuzima kuburyo banyicyiye gahunda narinfite yihutirwa nge ndabona arukutubangamira pe
njye ndashimira abuyobozi bwa karere ka ngororero iterambere bugeza kubaturange,turabashimira.
Muraho bakunzi basomyi!!!!!!!!, ndi umusomyi mugenzi wanyu, gusa nagirango tugirane ikiganiro twungurana ibitekerezo kuri topic igira iti:ese murabona iki ari igihe gikwiye ko nyakubahwa President wa Repubulika H.E Paul KAGAME yahagarika kuyobora u Rwanda? Nkeneye ibitekerezo byanyu , ubundi tukanungurana inama. murakoze kubitekerezo muza gutanga kuri iyi topic.
Congratulation His Excellence! mu bigaragara akarere kacu ka Nyaruguru kamaze gutera imbere mu buryo bugaragara, ibyiza byose tubikesha imiyoborere myiza mutugezaho. Twavuga nk VUP, Land use consolidation. Gira inka munyarwanda,Imihanda ikoze neza yose iduhuza nutundi turere, Uruganda rw’icyayi rwa kabiri ruri muri Nshili, EWSA mwara yibukijije iduha umuriro tuva kuri 1% tugera kuri 4%,.Mukomereza aho muri rudasumbwa mu mihigo kand turabashyigikiye muri byose!
Murakoze kutugezaho amakuru yakarere kacu;tunezezwa cyane niterambere ryako harimo nkuruganda rwumuceri rw mukunguri; isoko rya mugina ryubakwa ;ndetse umuriro wamashanyarazi wabibanjirije;icyo nsaba nyuma yibi rero nuko mwadufasha iyubakwa ryumuhanda Rugobagoba- mukunguri.
uganye urugambo naho ubundi ibyo wapfuye na LEA twakuvumbuye yaguteye indobo
twebwe rwose mudutabare abanyui bu rumogi buzuye umuhanda munsi ya restaurent ya mirembe mix ya baganda .abantu banywera urumogi mu muhanda guturuka mu gitondo kugeza nijoro please police ni dutabare izaze yambaye civil izabyobonera.thanks.umuturage.
Nkumuntu ukunda Akarere mvukamo nubwo ntakabamo bwose kubwimpamvu zuko ndi ku ishuli nkomeje guhangayikishwa niterambere ry’Umurenge wange wa Nyamirama cyane cyane Akagari ka Shyogo Umudugudu w’Agasharu kuko hagaragara abantu benshi bacuruza ibifatwa nkisubizanyumabikorwa kuko haba abantu benshi bacuruza za Kanyanga kdi bikaba bizwi na Executif wumurenge ariko ntagire icyakora ngew birambabaza cyanee!! kuko usanga bisubiza inyuma abaturage murakoze!!
Nkumuntu ukunda Akarere mvukamo nubwo ntakabamo bwose kubwimpamvu zuko ndi ku ishuli nkomeje guhangayikishwa niterambere ry’Umurenge wange wa Nyamirama cyane cyane Akagari ka Shyogo Umudugudu w’Agasharu kuko hagaragara abantu benshi bacuruza ibifatwa nkisubizanyumabikorwa kuko haba abantu benshi bacuruza za Kanyanga kdi bikaba bizwi na Executif wumurenge ariko ntagire icyakora ngew birambabaza cyanee!! kuko usanga bisubiza inyuma abaturage murakoze!!
sha ndabona mugerageza kumakuuru ajyanye nigihe gusa gusa muzongere amafoto ku nkuru ndasuhuza umwanditsi wanyu josee utuye ku ruyenzi
turashima uburyo abarimu bigisha kuri ep. ngenda muri bugesera/umurenge wa nyarugenge bitanga mumurimo wabo. nibakomereze aho.
abayobozi b’utugari twa bugesera bahembwa umushahara muke ugereranyije n’abandi bo mutundi turere.
nyamagabe,nirebe na GASAKA, REMERA,GITWA, imitungo yimvubyi yigaruriwe nababahekuye,biratubabaje birenze!!!