Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Abarimu bo mu karere ka nyanza twararenganye usanga nta avancemet ,nta birarane,yewe n’imishahara y’abayobozi b’ibigoby’amashuri ntihinduka usanga twararenganye kdi mu tundi turere byaratunganye ,mutubarize icyo tuzira.(abagena imihemberwe y’abarimu bisubireho naho ubundi......)twaracecetse none biratureenze ,ese ireme ry’uburezi koko rirakenewe?ko mudusaba kubahiriza akazi no kuzuza ibisabwa,nta avantage nimwe umwarimu ahabwa.ikiruhuko gito(isaha imwe ya nyuma ya saa sita) ,gusabwa kurira ku kigo ngo adakererwa,ese namwe musabwa kurira muri bureau ngo mudakererwa?amahugurwa wapi,ese buget y’akarere ikoreshwa mubandi mwarimu ntiyemererewe guhugurwa.mutegure gusura ibigo mureba ireme ry’uburezimureba n’ireme rya mwalimu ,motivation wapi......Mayor asabwe kuganiriza abarimu bosen’abayobozi b’ibigo by’amashuri kuko nta kuri kutagira cash.twiheshe agaciro,gusonza cyane(inzara)bitera gusonza mu bwonko(bwaki yo mu bwonko)Tabara abarimu kuko birakureba.
Kubijjyanye ni ikipe ya BUGESERA FC nibyiza ko itera imbere pe ,mperuka aho hashize iminsi gusa niyo nje ngarukira mu mugi mwambwira iki kibuga muvuga ko cyuzuye giherereye he?
Mukomereza aho
Ubuyobozi ni mwikubite agashyi Pe mwibuke abaturage dturiye ishyamba rya NYUNGWE mu mirenge ya Rangiro na Cyato duheze mu bwigunge. Rwose nimudufashe mudukorere umuhanda Rangiro-Banda- Uwinka, kuko twasigajwe inyuma n’ amateka nkaho tutari abene gihugu.Hari abitwaza ngo uwo muhanda unyura muri parike ya Nyungwe,ari abaturage b’ igihugu se ari na Parike igifite agaciro kanini ndetse gahanitse ni Parike??? cyangwa ni abaturage? twizeye ko mudutabara vuba.
Abavumvu bagerageze bakoreshe uburyo bwa kijyambere;kandi inzego z’ibanze zikurikirane buri musi ibikorerwa mu mashyamba; icyiza n’uko imirimo ikorerwa mu mashyamba(Gutwika amakara...) yose yahagarikwa by’agateganyo kugera iyi mpeshyi irangiye.Buri wese abe ijisho rya Mugenzi we maze ugaragayeho ibikorwa byangiza amashyamba abihanirwe(Duharanire ubusugire bw’amashyamba yacu)
Eva
muraho. turasba ngo mutubarize iby, umuhanda nyagatare-tabagwe-karama bigezehe ko biturenze kuba tudatite umuhanda bigatuma nta modoka igenda kandi gukoresha za moto biraduhenda aho usanga umuntu akoresha amafranga agera kubihumba birenga bitatu(3000) kandi tufite umuhanda twabona nimodoka maze biryo transport ikaba nke. mudutabareeeeeeeee
Ariko ba directors bo mu Turere bazira iki, ko badahabwa lump sum kimwe nabo mu Ntara na minisiteri.Harya abo mu Ntara na minisiteri nibo bajya kuri terrain kurusha abo mu Turere.Akarengane ntikazashira kweri.
Akarera ka Ngoma karimo gutera imbere rwose,haba mu mireho myiza y’abaturage,ubutabera ndetse n’ubukungu,ariko iterambere ryari rikwiriye no kugaragarira mu rubyiruko.Mudusabire ababishinzwe begere urubyiruko rwo nk’imbaraga z’igihugu kandi zubaka kuko rurasinziriye. MURAKOZE
muri rusange rubavu ibura ubwisanzure mumyubakire yumugi wayo congraturation kubimaze kugerwaho
Hari bintu nibaza bikanyobera, mukarere ka rusizi biyubakiye imihanda yo mukengero zumugi ariko kubaka mumugi rwagati byarabananiye nibaza ikibura kikanyobera nakumiro!!!
Muraho Muzatubarize impamvu akarere ka Gatsibo katadukorera umuhanda Muhura Ndatemwa turi u bwigunge cyane urebye muri Gatsibo niho dusigaye tutagira umuhand akandi buri gihe abayobozi twumva babihiga ariko ntagikorwa Murakoze!!
mwiriwe mute?njyewe niwefurije ko nazabona young grince kubera namukunze ubundi nahoraga mutora muri sper star2 iyagatatu niyigeze aboneka.ubusanzwe ndi umufana we wa muzika nkahorandeba amafoto ye uretse ni amashusho ye ya video shya yitwa "Like a boy"njyewe nashakaga kumenya number ye phone,nkaba narifuzagako azegukana salax a ward.murakoze
mutubarize aho umuriro w’amashanyarazi ugeze kuko igihe batubwiye cyararenze. murakoze kudutumikira.
Mwiriwe, ese ko mutavuga ku iterambere rya ngoma ,rigomba kwitabwaho hibandwa kuhantu nyaburanga mutubarize mayor uko bimeze.
mubyukuri dukeneye amazi meza mukagali ka mbogo kuko twabonye umuriro ariko amazi mabi aratumara kubera umwanda. ubu turacyavoma amazi mumiferege yo mugishanga.
Muraho?mbona haruturere wagirango ntabayobozi ntagikorwa cyamajyambere gihari urugero ni nka karere ka Ngoma
ariko se ko kabarondo yo ko itavugwa koko kariya kagali ka kabura katagira umuriro,amazi na yo ni ningorabahizi abcitse kwicumu amazu arendakubagwira,imitungo yabo banzekwishyurizwa
byaheze mu mumpapuro leta nitabare itangaza makuru rimanuke rirebe maze turusheho kwiyubakira igihugu!!!!
Murakoze turambiwe ni jambo ko umuhanda uzakorwa mu byumweru bibiri turabirambiwe nkuko turambiwe gusuka amazii pee mu muhanda umujyi bawukoze icyaro peee,ese ubundi mwa kwandiste ko munaniwe
Muraho, Ese ikitwa kurwanya ihohoterwa n’ihezwa n’iki? ko abantu babana n’ubumuga usanga bahezwa inyuma y’imiryango y’aho bifuza kugana, hakorwa iki kugirango iyo nzitizi ivanweho, ko ahao kubishakira umuti bii gukomeza kuzamurwa muntera?
MUraho, mutubarize ikibazo kubijyanye n’umuco, n’imkino ngororangingo y’abantu babana n’ubumuga mukarere ka NGOMA, ESE BO NTIBAKENERA KWIDAGADURA NO KUGARAGAZA UMUCO NK’ABANDI? Ababikurikiranira hafi iyo gahunda igezehe?
ibinu kamishibamukorera sibyizanamba mbaye nkawe nabarenga!
CNJR YA NYAMASHEKE IRASINZIRIYE PE!
Ndabaza ushinzwe kushyira abantu mugi-police bicahe?? bikorwa ryari??ko tubyifuza ariko tukabura uwo twabaza information. adress: [email protected]