|
Abaturage bo mu karere Kirehe barishimira uburyo amatora y’Abadepite yo kuri uyu wa 16/9/2013 yakozwe kuko atabiciye akazi.
|
|
|
|
|
Nyuma yo kwihitiramo abazabahagararira mu nteko ishinga amategeko, bamwe mu baturage bo mu karere ka Rulindo batangaje ko basanga hari aho igihugu cyabo kimaze kugera mu nzira (…)
|
|
|
|
|
Umuyobozi w’akarere ka Rwamagana aremeza ko Abanyarwanda bo muri ako karere bitabiriye kujya gutora ari benshi kandi bazindutse ku buryo n’imvura yaguye mu mirenge imwe n’imwe (…)
|
|
|
|
|
Mu matora y’abadepite yabaye kuwa 16/9/2013, abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda (NUR) ntibitabiriye amatora uko byari byitezwe.
|
|
|
|
|
Abakuze n’abanyantege nke bo mu karere ka Rutsiro barashimira ubuyobozi bwabafashije mu matora bakabasha gutambutswa imbere bagatora bitabaye ngombwa ko batonda imirongo (…)
|
|
|
|
|
Ubwo bamaraga gutora abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko, aaturage bo mu karere ka Bugesera basohokaga mu cyumba cy’itora bajya mu mago yabo kwishimira uko (…)
|
|
|
|