|
Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora(NEC), Prof. Kalisa Mbanda, yavuze ko umubare ungana na 98% by’abaturage batoye muri rusange abadepite, udashobora kunengwa ko ukabije (...)
|
|
|
|
|
Inama mpuzamahanga y’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigali (FP-ICGLR) iratangaza ko igikorwa cy’amatora y’abadepite cyagenze neza mu gihugu cyose, n’ubwo hari utubazo duto twagiye (...)
|
|
|
|
|
Kuri uyu munsi wa nyuma wo gutora abadepite bazahagararira Abanyarwanda mu nteko ishinga amategeko muri manda ya 2013-2018, Kigali Today yasubije amaso inyuma ngo murebere (...)
|
|
|
|
|
Bamwe mu bagize inteko itora adepite bahagarariye abagore ntibishimiye igihe batangiriyeho amatora yabaye tariki 17/09/2013, ngo kuko 2/3 by’abagombaga gutora byatinze kuza, (...)
|
|
|
|
|
Abagabo bake bo mu karere ka Bugesera bari muri njyanama zitabira ibikorwa byo gutora abagore bazahagararira bagenzi babo mu nteko ishinga amategeko ngo baterwa ishemo n’icyo (...)
|
|
|
|
|
Abagore bo mu karere ka Nyanza barasaba bagenzi babo bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko kuzabavuganira umugore wo mu cyaro nawe agakataza mu iterambere kimwe n’iryo (...)
|
|
|
|