Francophonie ikwiye gutera intambwe ikava aho iri - Minisitiri Mushikiwabo

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yatangaje ko umuryango w’ibihugu bihuriye ku rurimi rw’Igifaransa (Francophonie), ukeneye gutera intambwe ukava aho uri kuko usa n’unezezwa no kwihamira hamwe.

Ni mu kiganiro yaraye agiranye na televiziyo y’Abafaransa TV5 Monde, yari yamutumiye nk’umwe mu bahatanira kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango wa Francophonie.

Mu bihugu bishyigikiye Mushikiwabo, harimo ndetse n’ubufaransa nk’uko TV5Monde yabitangaje.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Minister Mushikiwabo Louise azatorwa nta kabuza ategeke Francophonie ku isi hose.Ni umwanya ukomeye cyane.Ariko nk’abakristu,tujye twibuka ko kera isi yose yavugaga URURIMI rumwe (Intangiriro 11:1).Mu isi nshya dusoma muli 2 Petero 3:13,izaba Paradizo ari "igihugu kimwe" kivuga ururimi rumwe.Izaturwa n’abantu bumvira imana gusa kubera ko abantu bakora ibyo imana itubuza (abajura,abicanyi,abasambanyi,etc...),imana izabakura mu isi nkuko tubisoma muli Imigani 2:21,22.Nta kibazo na kimwe bazongera kugira,ndetse n’urupfu ruzavaho (Revelations 21:4).Niba ushaka kuzaba muli iyo Paradizo,reka kwibera mu byisi gusa,ahubwo ushake n’imana cyane.Kubera ko abantu bibera mu byisi gusa,imana ibafata nk’abanzi bayo.Byisomere muli Yakobo 4:4.

Munyemana yanditse ku itariki ya: 21-09-2018  →  Musubize

hari cyera nyine nubu se twavuga uririmi runwe. ubu tugeze muri .com

mugema yanditse ku itariki ya: 22-09-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka