Reba amwe mu mafoto y’ingenzi y’umuhango wo kurahira kw’Abasenateri bashya

Ku wa kane tariki 17 Ukwakira 2019, Abasenateri bashya barahiriye imbere ya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.

Nyuma yo kurahira, Abasenateri batoreye Dr. Iyamuremye Augustin gusimbura Bernard Makuza ku mwanya wa Perezida wa Sena.

Uretse indahiro z’Abasenateri, Perezida Kagame yanakiriye indahiro y’Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu kirere, Maj Gen Bayingana Emmanuel, hamwe n’indahiro y’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Imiyoborere RGB, Dr Usta Kayitesi ndetse n’Umwungirije ari we Dr Nibishaka Emmanuel.

Abitabiriye uwo muhango bari babukereye nk’uko aya mafoto abigaragaza:

Perezida Kagame na Dr. Iyamuremye Augustin watorewe kuyobora Sena
Perezida Kagame na Dr. Iyamuremye Augustin watorewe kuyobora Sena
Abayobozi bakuru b'Igihugu hamwe n'abagize Sena nshya bafashe ifoto y'urwibutso
Abayobozi bakuru b’Igihugu hamwe n’abagize Sena nshya bafashe ifoto y’urwibutso

Amafoto: Plaisir Muzogeye

Kureba andi mafoto menshi y’uyu muhango, kanda HANO

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka