Amatora muri Uganda: Icyo Abanya-Uganda baba mu Rwanda basaba abagiye gutora

Abaturage barenga miliyoni 18 bagejeje igihe cyo gutora, bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu muri Uganda kuri uyu wa Kane tariki 14 Mutarama 2021.

Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ndetse na Yoweri Museveni usanzwe ayobora Uganda bari mu bahanganye cyane
Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ndetse na Yoweri Museveni usanzwe ayobora Uganda bari mu bahanganye cyane

Abanya-Uganda baba mu Rwanda bagize icyo basaba bene wabo bari bwitabire amatora.

Bikurikire muri iyi Video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Inama nagira uyu musore,nuko yareka Politike.Akibuka ibyabaye kuli Colonel Besigye,kugeza ubwo aretse gushaka ubutegetsi.Iteka Politike ijyana n’imvururu,amatiku,intambara,inzangano,ubwicanyi,etc...Niyo mpamvu Yesu yasabye abakristu nyakuri kutivanga mu byisi.Ahubwo bagakundana,bakirinda kujya mu ntambara zibera mu isi.Niyo mpamvu yababwiye ko "isi izabanga,bagatotezwa,bagafungwa ndetse bakicwa".Ikindi yabasabye bose,ni ukumwigana bakajya mu nzira bakabwiriza ijambo ry’imana kandi ku buntu,badasaba amafaranga.Bakereka abantu ko ibibazo byose by’isi bizakurwaho n’ubwami bw’Imana.Nukuvuga ubutegetsi bwayo izashyiraho ku munsi w’imperuka,bukaba aribwo buyobora isi ikaba paradizo.

rutonesha yanditse ku itariki ya: 14-01-2021  →  Musubize

Ngewe numvushe ibintu byose uyu muntu yavuze ntahuriro nibyavuzwe nababagande baba mu Rwanda,so ntitukigire abantu bazi ibyi Imana cyane ngo duhuze politike nibintu by’Imana,gusa twese dusabirane kuba mumahoro,ndavuga Isi yose muri rusange

Arafati yanditse ku itariki ya: 14-01-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka