Amafoto: Kagame, Museveni, Tshisekedi na Lourenço bageze i Gatuna
Kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Gashyantare 2020, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Yoweri K. Museveni wa Uganda, bahuriye ku mupaka wa Gatuna-Katuna uhuza ibihugu byombi, mu biganiro bigamije kugarura umubano hagati y’ibihugu byombi.
- Perezida Kagame na João Lourenço bakigera i Gatuna
Ni ibiganiro kandi byitabiriwe na ba Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ndetse na João Lourenço wa Angola, babyitabiriye nk’abahuza.
Hari kandi abayobozi batandukanye baturutse ku ruhande rw’u Rwanda na Uganda.
Amafoto:
- Perezida Felix Tshisekedi na we yageze i Gatuna
- Minisitiri w’Umutekano Gen. Patrick Nyamvumba (ibumoso) na Maj. Gen Nzabamwita Joseph
- Inzego z’ubuzima ziteguye gupima abitabiriye ibi biganiro
- Nyuma y’ibiganiro Abakuru b’Ibihugu bahanye ibiganza
- Hasinywe amasezerano yo guhanahana imfungwa
Shakisha izindi nkuru
Inkuru bijyanye na: Umubano hagati y’u Rwanda na Uganda
- Yakorewe iyicarubozo muri Uganda bamujugunya ku mupaka atabasha kugenda (ubuhamya)
- Hari Abanyarwanda bafungirwa muri Uganda barara bakubitwa insinga (ubuhamya)
- Abanyarwanda 6 bari bafungiye muri Uganda bagejejwe mu Rwanda harimo utabasha kugenda
- Hari abasirikare ba Uganda binjiye mu Rwanda bashimuta abantu – Minisitiri Biruta
- Nabaye mu musarane amezi 6 ku mapingu nambaye uko navutse - Umwe mu barekuwe na Uganda
- Abanyarwanda 12 bari bafungiye muri Uganda bageze mu Rwanda
- Abandi Banyarwanda barekuwe na Uganda bageze mu Rwanda
- U Rwanda rumaze kwakira abandi Banyarwanda bari bafungiwe muri Uganda (Video)
- Uganda igiye kurekura Abanyarwanda 130 yari ifunze mu buryo budakurikije amategeko
- Gutoterezwa muri Uganda bitumye yiyemeza gushakira imirimo mu Rwanda
- Dore imyanzuro ifatiwe mu nama yaberaga ku mupaka wa Gatuna/Katuna
- Perezida Kagame yakiriye João Lourenço na Tshisekedi mbere yo kwerekeza i Gatuna
- Perezida wa Angola João Lourenço araye mu Rwanda
- Nzabonimpa ngo bamujyanye mu gitero cya Kinigi bamushoreye nk’intama
- U Rwanda rwakiriye neza irekurwa ry’Abanyarwanda bari bafungiye muri Uganda
- Abanyarwanda 15 barekuwe na Uganda bageze mu Rwanda
- Uganda yarekuye Abanyarwanda 13
- Nubwo Abanya-Uganda badusaba gufungura imipaka, ni bo bayifunze – Perezida Kagame
- U Rwanda na Uganda birarekura abafungiye muri buri gihugu mu byumweru bitatu
- U Rwanda rwongeye gusaba Uganda kurekura Abanyarwanda bafungiyeyo
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Turashima umubyeyi wacu ukomeje kudushakira ibyiza. Kandi nibabyemera ko amahoro agaruka nta mpungenge tuzabana neza