Umugabo wa mbere mubi ku isi yashyizeho igihembo ku muntu uzakora ibituma aba mubi kumurusha

Car Tang Shuquan, umugabo w’Umushinwa uvugwaho guca agahigo ko kuba mubi kurusha abandi ku isi yashyizeho igihembo c’amafaranga ibihumbi ijana by’amashinwa ku muntu ngo uzakora ubufundo (grimace) butuma aba mubi nk’ubwo we akora.

Ubusanzwe Tang ufite imyaka 43 si mubi bikabije kuko iyo muhuye ubona ari umuntu usanzwe ariko nyuma y’amasegonda make cyane ahita akunja isura ikagenda igira amashusho atandukanye ateye ubwoba ; nk’uko byatangajwe na www.7sur7.be.

Ubwo buryo bwo kwihindura bwanatumye, mu myaka icumi ishize, yandikwa mu gitabo cy’abaciye agahigo (Guiness de records). Ubu noneho Tang Shuquan yasanze bidahagije yiyemeza guhangana n’abandi bantu bashobora gukora udukoryo nk’utwo bakagira amasura ya ba nyamuryabana kumurusha.

Niyonzima Oswald

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

MFITE IMBORO NINI KWISI UMUNTU UZAMBONERA UMUTI UYIGIRA NTOYO NZAMUGORORERA

KIGORYI yanditse ku itariki ya: 8-05-2017  →  Musubize

uwo muntu ntasanzwe

Alias yanditse ku itariki ya: 6-12-2016  →  Musubize

mujye mushyiraho nifoto ubwose twamenya aruwuhe?

marcel yanditse ku itariki ya: 30-06-2016  →  Musubize

nanjye mfite impano.nshobora gukora imibonano mpuza bitsina sindangize cyeretse uwo tubikorana iyo arangije kdi njyewe nkomeza mbishaka cyakora ndangiza 50mim

nyana yimbwa yanditse ku itariki ya: 2-12-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka