Umugabo munini ku isi amaze gusohoka mu nzu inshuro 3 mu gihe cy’imyaka 6

Umunya-Mexique witwa Manuel Uribe ari hafi kuzuza imyaka 47 y’amavuko kuri ubu afite ibiro 200. Amaze gusohoka mu nzu inshuro eshatu mu gihe cy’imyaka itandatu ariko afite icyizere ko azongera gusohoka ku nshuro ya kane ndetse akanakora ubukwe.

Manuel Uribe wasohotse muri Guinness record book nk’umuntu munini ku isi ntashobora kunyeganyeza akaguru.

Afite ibiro 325.
Afite ibiro 325.

Muri iki gihe, Manuel Uribe ngo arashaka kugabanuka no kuva ku biryo bidafite intungamubiri zihagije (junk food) kugira ngo abantu bamenye akamaro k’ibiryo bifite intungamubiri ariko ngo ntabwo arwanya abacuruza ibyo biribwa (junk food).

Mu mwaka wa 2011, Uribe yari afite ibiro 597. Muri 2008 yagabanyije ibiro bye bigera kuri 360 none muri Gashyantare 2012 yari afite ibiro 200 byose abikesha gutoranya indyo ikwiye.

Agenda ku gitanda gifite amapine.
Agenda ku gitanda gifite amapine.

Uribe afite inshuti y’umukobwa witwa Solis utunganya imisatsi kandi ngo babanye neza nk’aba fiancés. Bamaranye imyaka ine ndetse ngo barifuza kuzarushinga byemewe n’amategeko.

Uribe na mucuti we, Solis.
Uribe na mucuti we, Solis.

Ernestine Musanabera

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 14 )

KU VYIBUHA NISAWA NANJE NDA SHAKA KUVYIBUHA

HABIMANA VENA yanditse ku itariki ya: 29-01-2020  →  Musubize

ni hatari nanye mfite ibiro 60 nshaka 75

ndayisaba alphonse yanditse ku itariki ya: 24-01-2020  →  Musubize

Mumbabarire mumfashe sinshaka kubyibuha nkuriya mugabo mbonye kumafoto birakabije pepepepe ndashaka kubyibuha murugero wenda nkaba mfite nkibiro 80Kg ubu mfite 60Kg Ko ibiribwa byose mbirya nibinyobwa nabyo nkabinywa ariko sibyibuhe kandi ntanumururumba ngira cyangwa amahane usanga igihe cyose niturije mumfashe munsubize mumbwire icyo nakora kugirango ibiro 20Kg mbura ngo ngere aho nifuza murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanyu cyiza Imana ibarinde muribyose

Mirase Jean Paul Icyaremwe Gishya yanditse ku itariki ya: 19-12-2019  →  Musubize

njyesinakifuzakubyibuhakuriyakukosibyizape! nababishakanabagirinamayokubireka.ubundisebiterwanikikubakuriya.

NSHUTI yanditse ku itariki ya: 5-10-2019  →  Musubize

Nivyiza kugabanya ibiro
.nanje mumfashe shaka kugiro ibiro 70 mfite 60

ndayisaba alphonse yanditse ku itariki ya: 24-01-2020  →  Musubize

KUBYIBUHA SIBYIZA?

CLAUDE yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

KUBYIBUHA NIBYIZAPE NUKO MBONA IMBARAGAZE , ARINYEYAIMANA IMURINDIIRE UBUKWE,

MUDAHARISHEMA GERALD yanditse ku itariki ya: 12-08-2016  →  Musubize

bazashyireho ikipe yabaganga yokurwanya indwara nkizo hano murwanda.

alias yanditse ku itariki ya: 28-05-2014  →  Musubize

imana ikora ibitangaza

tubi yanditse ku itariki ya: 28-01-2014  →  Musubize

iyo umuntu ananutse aba ahangayitse ariko kubyibuha bigeze hariya byo birarenze nagira inama abashaka kubyibuha bigeze hariya birarenze dukomeze twigumire aho turi kuko biduhesha amahoro.

karanganwa j.m.v yanditse ku itariki ya: 12-07-2013  →  Musubize

iyo umuntu ananutse aba ahangayitse ariko kubyibuha bigeze hariya byo birarenze nagira inama abashaka kubyibuha bigeze hariya birarenze dukomeze twigumire aho turi kuko biduhesha amahoro.

karanganwa j.m.v yanditse ku itariki ya: 12-07-2013  →  Musubize

Ngiye gusengera uriya mugabo kuko nawe buriya niyorohewe nagato! abantu twifuza kubyibuha cyane dushatse twabireka pe! njyewe ndatinye.

HABIYUMVA Télèsphore yanditse ku itariki ya: 15-07-2012  →  Musubize

Ngiye gusengera uriya mugabo kuko nawe buriya niyorohewe nagato! abantu twifuza kubyibuha cyane dushatse twabireka pe! njyewe ndatinye.

HABIYUMVA Télèsphore yanditse ku itariki ya: 15-07-2012  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka