Ku wa 23 Kanama, ku kibuga cy’umupira cya Gatega mu murenge wa Bumbogo, humvikanye indirimbo, amajwi y’ibyishimo, n’urusaku rw’abogeza umupira . Ariko inyuma y’ibi byishimo hari indi mpamvu ikomeye yahurije hamwe ababyeyi n’abana yo gukangurira urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge.
Abaturage batuye mu kagari ka Kabagesera ho mu murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baravuga ko hatarakorwa umuhanda wa Kaburimbo Gihara-Nkoto bari basanganywe imihanda y’igitaka ibafasha guhahirana byoroshye, none aho baherewe iyo kaburimbo indi mihanda ntikiri nyabagendwa ndetse n’imirima yabo itwarwa n’amazi, imyaka (…)