MENYA UMWANDITSI

  • Umusaruro w

    Umusaruro w’ikawa y’u Rwanda wiyongereyeho 25% mu mwaka umwe

    Ikawa mu Rwanda ikomeje kugaragaza impinduka mu musaruro, haba mu bwiza ndetse no mu madovize yinjira mu gihugu, nk’uko bigaragazwa n’amakuru mashya y’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa mu Mahanga Bikomoka ku Buhinzi (NAEB).



  • Bishimiye intambwe bateye

    Abadozi 193 bahawe impamyabushobozi bishimiye intambwe bateye

    Ku wa Mbere tariki 27 Ukwakira 2025, abadozi bagera ku 193 baturutse mu gihugu hose, bahawe impamyabushobozi binyuze muri gahunda ya ‘Recognition of Prior Learning (RPL)’, bishimira intambwe bateye mu mwuga wabo.



  • Inyanya zigiye kongerwa mu bihingwa byishingirwa

    Inyanya zigiye kongerwa mu bihingwa byishingirwa

    Mu nama yabereye i Kigali ku wa Kane tariki ya 16 Ukwakira 2025, igahuza abafatanyabikorwa n’abafite aho bahuriye n’ubuhinzi bw’inyanya, mu biganiro byiswe ‘Policy Dialogue on Insurance for Tomato Value Chain’, havuzwe ko inyanya zigiye kongerwa mu bihingwa byishingirwa.



  • Abayobozi bamurikirwa imikorere y

    ‘Rwanda Smart Education’, igisubizo ku bibazo bya Internet mu mashuri

    Ku ishuri rya Kagarama Secondary School riherereye mu Karere ka Kicukiro, hasorejwe ku mugaragaro icyiciro cya mbere cy’umushinga Rwanda Smart Education Project, abanyeshuri n’abarimu bakagaragaza ko ikoranabuhanga bize rigiye kuborohereza mu masomo.



  • Ikoranabuhanga n’udushya bifatwa nk’intego y’ejo hazaza h’ubuhinzi

    Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe, ibiciro bihanitse by’ubucuruzi n’ubushomeri mu rubyiruko, abayobozi bitabiriye Inama ya 6 y’Ihuriro ry’Abahinzi bo mu burasirazuba bwa Afurika (EAFF Congress & Exhibition) bahurije ku ngingo yo gushyira imbere ikoranabuhanga n’udushya mu rwego rwo (…)



  • Kamonyi: Abafunguwe basubizwa mu buzima busanzwe binyuze mu biganiro by’ubwiyunge

    Mu Karere ka Kamonyi, abagororwa barangije ibihano bari bakatiwe ku cyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bongeye guhurira hamwe n’abarokotse Jenoside mu biganiro bigamije kubasubiza mu buzima busanzwe no kubaka ubumwe n’ubudaheranwa.



  • Abahinzi barasaba kwishingirwa ku musaruro aho kwishingirwa ku gishoro gusa

    Bamwe mu bahinzi bemeza ko ubwishingizi bafite muri iki gihe butabafasha ku bijyanye n’umusaruro kuko bushingiye gusa ku gishoro bashoye, ntibwishingire umusaruro bari kuzabona. Bagasaba ko hashyirwaho ubwishingizi bw’umusaruro kugira ngo igihe habaye ibiza, bishyurwe hakurikijwe umusaruro wari witezwe.



  • Imikino n’Ivugabutumwa, Inzira nshya yo kurinda urubyiruko

    Ku wa 23 Kanama, ku kibuga cy’umupira cya Gatega mu murenge wa Bumbogo, humvikanye indirimbo, amajwi y’ibyishimo, n’urusaku rw’abogeza umupira . Ariko inyuma y’ibi byishimo hari indi mpamvu ikomeye yahurije hamwe ababyeyi n’abana yo gukangurira urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge.



  • Kamonyi: Umuhanda Gihara-Nkoto wahagaritse ubuhahirane

    Abaturage batuye mu kagari ka Kabagesera ho mu murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baravuga ko hatarakorwa umuhanda wa Kaburimbo Gihara-Nkoto bari basanganywe imihanda y’igitaka ibafasha guhahirana byoroshye, none aho baherewe iyo kaburimbo indi mihanda ntikiri nyabagendwa ndetse n’imirima yabo itwarwa n’amazi, imyaka (…)



Izindi nkuru: