MENYA UMWANDITSI

  • Imikino n’Ivugabutumwa, Inzira nshya yo kurinda urubyiruko

    Ku wa 23 Kanama, ku kibuga cy’umupira cya Gatega mu murenge wa Bumbogo, humvikanye indirimbo, amajwi y’ibyishimo, n’urusaku rw’abogeza umupira . Ariko inyuma y’ibi byishimo hari indi mpamvu ikomeye yahurije hamwe ababyeyi n’abana yo gukangurira urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge.



  • Kamonyi: Umuhanda Gihara-Nkoto wahagaritse ubuhahirane

    Abaturage batuye mu kagari ka Kabagesera ho mu murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baravuga ko hatarakorwa umuhanda wa Kaburimbo Gihara-Nkoto bari basanganywe imihanda y’igitaka ibafasha guhahirana byoroshye, none aho baherewe iyo kaburimbo indi mihanda ntikiri nyabagendwa ndetse n’imirima yabo itwarwa n’amazi, imyaka (…)



Izindi nkuru: