Mu Mujyi wa Ath wo mu Bubiligi habereye imurikama ry’amafoto ryari rigamije kwerekana ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Abanyarwanda baba mu turere twose tw’Ububiligi n’inshuti z’u Rwanda bazizihiza umunsi w’Umuganura nyuma yo gukora umuganda ku nkombe z’inyanja y’Amajyaruguru.