Mu mukino wabereye ku kibuga cya Bidvets University,ikipe ya Mukura inganyije na Free State Stars 0-0.
Ku mukino wahuje Police Fc na Espoir, Police ikayinyagira ibitego bitanu kuri kimwe, Stade ya Kigali uyu mukino wabereyeho yagaragayemo abafana batageze ku ijana.
Umunyarwanda Muhitira Felicien w’imyaka 23 yegukanye umwanya wa kabiri mw’isiganwa rikomeye ryo mu Bufaransa rizwi nka “20km de Paris”.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize ahagaragara ingengabihe y’imikino ya shampiyona umwaka 2018-2019 aho ikipe ya APR FC ifite igikombe giheruka izakira Amagaju ku itariki 19 ukwakira 2018, kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo.
Umunyezamu Ndayishimiye Eric “Bakame” yakoze imyitozo mu ikipe ya AS Kigali, mu gihe habura amasaha atagera kuri 48 ngo iyo kipe icakirane na Rayon Sports.
Gicumbi FC ifite amahirwe yo kuzamuka mu makipe ane arimo Pepiniere FC, Miroplast na SORWATHE FC, azahura kugira ngo yishakemo izasimbura Intare CF yamaze kwikura muri shampiyona.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 18 muri basketball yatsinze ikipe ya Tunisia amanota 62 kuri 58 mu marushanwa nyafurika y’ingimbi ari kubera muri Mali.
U Rwanda rwegukanye intsinzi ikomeye imbere ya Algeriya mu gikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 18.
Umutoza mushya w’Amavubi Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 32 bitegura umukino wo gushaka itike ya CAN 2019 na Cote d’Ivoire anerekana abo bazakorana mu myaka ibiri iri imbere.
Ni umukino wa kabiri wa kamarampaka muri Basketball wabereye kuri Petit Stade i Remera aho REG yabonye intsinzi y’amanota 73-65.
Marines Fc ni yo yafunguye amazamu ku munota wa 11 w’umukino, ku gitego cyatsinzwe na Ishimwe Christian, ku mupira waturutse muri koruneri ukamusanga inyuma y’urubuga rw’amahina, maze atera ishoti rikomeye umunyezamu Kassim ntiyamenya aho umupira unyuze.
Mu mukino warebwe n’abafana benshi, ikipe ya Patriots yigaranzuye REG muri Playoffs iyitsinze amaseti 63-58.
Ikipe ya REG BBC itozwa na Patrick Richard Ngwijuruvugo yatangiye neza itsinda APR BBC amanota 84-79 mu mukino wa mbere wa ½ w’amarushanwa ya Playoffs.