Imwe mu migenzo ikorwa n’abageni irimo kwambara impeta ku kuboko kw’ibumoso, gufata indabo mu ntoki n’ibindi bifite aho byakomotse.
Hari imyitwarire ndangamuco kandi iranga ubupfura bw’uyikora benshi twavutse dusanga ariko mu by’ukuri tutazi aho yaturutse n’impamvu nyakuri yabyo.
Hari hamenyerewe ko urutonde rw’abaherwe rukunze kugaragara mu itangazamakuru ari urwa abagabo gusa. Urubuga Express.live, rwabateguriye urutonde rw’abagore b’abaherwe ku isi, bose bakaba bakomora ubutunzi bwabo mu miryango bakomokamo ndetse n’iyo bashatsemo.
Benshi bazi ko Robert Nesta Marley uzwi cyane nka Bob Marley Umwami w’injyana ya Reggae, ari we watangije umuryango w’Abarasta.