• U Rwanda rwashyize imbaraga mu guteza imbere uburezi bw

    Uburezi bw’u Rwanda bwafashije cyane mu kugera ku ihame ry’uburinganire

    Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uburezi kimwe n’inzezo zitandukanye z’ubuzima bw’Igihugu, bwarahungabanye cyane, aho 66% by’inyubako z’amashuri zari zarasenyutse, mu gihe 75% by’abakozi ba Leta harimo n’abarimu bari barishwe, abandi bahungira mu bihugu by’amahanga.



Izindi nkuru: