Amajwi ya benshi mu badepite ba EALA bari mu nteko i Kigali yumvikanye asaba ko amasashe yacibwa mu bihugu byose by’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EAC).
Abadepite bakomoka muri Tanzaniya babuze mu Nteko ya EALA iteraniye i Kigali, bituma imirimo y’iyo nteko yo kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Werurwe 2017 isubikwa.