Muri iki cyumweru kigana ku musozo, cyatangijwe n’isozwa ry’amasomo ya Cadet aho aba offisiye 721, barimo abakobwa 74 bahawe na Perezida Kagame Ipeti rya Sous Lieutenant mu ngabo z’u Rwanda.
Umuhanzi Senderi International Hit, ni umwe mu bahanzi bakunze kugaragara udukoryo dutandukanye ku rubyiniro tugashimisha cyane abitabiriye ibitaramo yitabiriye hirya no hino mu gihugu.
Nk’uko Kigali Today ibabera hirya no hino mu gihugu, yabateguriye amafoto yo guhera ku wa mbere w’icyumweru gishize, agaragaza uburyo izuba ryagiye rirenga mu duce dutandukanye tw’igihugu.
Nyuma y’Uko Umuryango w’Abibumbye wita ku buzima, OMS, ugaragaje ko kwambara agapfukamunwa ari bumwe mu buryo bwizewe bwo kwirinda kwandura ndetse no kwanduza icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi; hirya no hino bakanguriwe kutwambara babishyira mu bikorwa.