Mu 1984 nibwo Edward Karangwa na Faith Grace Dukuze babyaye umwana w’umuhungu bamwita Thomas Muyombo. Yavukiye ahitwa Masindi mu Burengerazuba bwa Uganda.
Isiganwa ku magare rizenguruka u Rwanda (Tour du Rwanda) rimaze kwigarurira imitima ya benshi, baba abatuye mu mijyi no mu cyaro, dore ko ari isiganwa ribasanga aho batuye.
Pasiteri Antoine Rutayisire uyobora itorero Anglikani ry’i Remera mu Mujyi wa Kigali yasobanuye impamvu Ubumwe n’Ubwiyunge ari ngombwa mu Banyarwanda bitewe n’amateka mabi banyuzemo.