Rutikanga Ferdinand, ni we watangije umukino w’Iteramakofe mu Rwanda, nk’uko adahwema kubibwira buri muntu wese baganiriye. Nubwo ntawamenya igihe yaherukiraga gukina uyu mukino kuko ageze ku myaka irenga 60 ubu, avuga ko kuri uyu wa gatanu hateganyijwe umukino wo gusezera mu Iteramakofe uzamuhuza n’Impanga ye yitwa (…)