U Rwanda rwiteguye gukorana n’ibihugu bya Afrika mubyerekeranye n’ubuhahirane bushingiye ku ngufu z’amashanyarazi, aho rushobora gutangira kujya rugura cyangwa se rukagurisha amashanyarazi mu bindi bihugu bya Afrika hifashishijwe imiyoboro migari.
Jonathan Boyer yaje mu Rwanda nk’umukozi wari ushinzwe gufasha abakinnyi ba siporo y’amagare, ariko asubiye iwabo nk’intwari yaharaniye iterambere ry’uyu mukino mu Rwanda.