• Polisi yavuze ko nyuma yo kubabaza ibibazo, yabaherekeje bagasubira mu rugo rwabo.

    Diane Rwigara n’umuryango we basubijwe mu rugo

    Polisi y’igihugu yatangaje ko nyuma yo kubaza Diane Rwigara n’abo mu muryango we babiri ku bibazo bakekwaho, yabarekuye bagataha ikanabaherekeza mu rugo rwabo.



  • Aha abapolisi bari babuze ubakingurira

    Polisi yasanze Diane Rwigara aho yari yihishe iwabo mu Kiyovu

    Nyuma y’igihe bivugwa ko umuryango wa Rwigara waburiwe irengero, Polisi y’u Rwanda yawusanze wihishe mu Kiyovu aho batuye.



  • Augustin Rudahara wasinyiye Diane Rwigara ashyinguye mu irimbi rya Busanza mu mva zitubakiye

    Dore umwe mu basinyiye Diane Rwigara

    Umwe muri ba nyakwigendera bashyinguwe mu irimbi ryo mu Busanza, muri Kicukiro, aherutse kubarirwa mu bazima n’umunyarwandakazi washakaga guhatanira kuyobora Abanyarwanda mu myaka irindwi iri imbere. Ibi bikaba byatumye abashinzwe iby’amatora bamubonamo kutaba inyangamugayo.



Izindi nkuru: