MENYA UMWANDITSI

  • Senderi International Hit

    Senderi International Hit agarukanye indirimbo nshya

    Nyuma y’amezi asaga 12 atagaragara mu ruhando rw’umuziki, umuhanzi nyarwanda Eric Senderi Nzaramba, uzwi cyane nka Senderi International Hit, agarukanye indirimbo nshya ngo yongere ashimishe abafana be.



  • Abakozi ba SKOL mu gikorwa cy

    Uruganda rwa SKOL rukomeje gufasha abaturage baruturiye

    Uruganda rw’inzoga rwa SKOL Breweries Limited, rutangaza ko rugiye gukomeza gufasha abaturage mu mibereho myiza, ubukungu n’iterambere ry’aho batuye, nk’imwe mu ntego rwihaye muri uyu mwaka wa 2021.



  • Innocent Bulindi (iburyo), Umuyobozi Mukuru wa BDF

    PAC yahagaritse kumva abayobozi ba BDF kuko baje batiteguye

    Ku wa Kane tariki 17 Nzeri 2020, Komisiyo ishinzwe imari (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yahagaritse kumva ibisobanuro by’abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga ingwate (BDF) kuko bayitabye batiteguye, basabwa kuzagaruka biteguye.



  • Mudathiru na bagenzi be bongeye kwiregura ku cyaha cyo kujya mu mutwe w’iterabwoba

    Bamwe mu barwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa RNC bongeye kwisobanura imbere y’urukiko rwa Gisirikare i Kigali, 11 muri bo bakaba ari bo bireguye ku cyaha cyo kujya mu mutwe w’iterabwoba witwara gisirikare, aho bose batunze urutoki Maj (Rtd) Habib Mudathiru wari umuyobozi wabo, nk’uwahamya ko bajyanywe muri uwo mutwe ku gahato.



  • Misiri yahaye u Rwanda ibikoresho byifashishwa mu kuvura Covid-19

    U Rwanda rwakiriye impano y’ibikoresho byo kwifashisha mu kuvura Covid-19 byatanzwe n’igihugu cya Misiri, bikaba bigizwe n’imyambaro irinda abaganga n’abandi bita ku barwaye icyo cyorezo.



  • Banki ya Kigali igiye guhugura abagore 150 ku kunoza ubucuruzi

    Banki ya Kigali (BK) ku bufatanye na kompanyi ya Resonate Workshops, bagiye guhugura abagore 150 bo mu makoperative anyuranye, ku gucunga neza ubucuruzi bwabo bityo babunoze bunguke kurushaho.



  • BK irateganya kugera kuri miliyari 2 z’Amadolari mu myaka itandatu iri imbere

    Banki ya Kigali (BK) yihaye intego ikomeye yo kuba yageze ku mutungo mbumbe wa miliyari ebyiri z’Amadolari ya Amerika (asaga miliyari igihumbi na magana inani na mirongo ine z’Amafaranga y’u Rwanda) mu myaka itandatu iri imbere, ngo ikazabigeraho biciye mu kongera abakiriya.



Izindi nkuru: