MENYA UMWANDITSI

  • Mu mwaka wa 2050, Abanyarwanda 70% bazaba batuye mu mujyi. Umujyi wa Kigali ku isonga y

    Muri 2050 Abanyarwanda 70% bazaba batuye mu mujyi

    “Ubuzima Bwiza” ni cyo kintu cya mbere mu nkingi eshanu z’icyerekezo 2050 u Rwanda rwatangije uyu mwaka, kugira ngo igihugu kigere ku bukungu buciriritse.



  • Imodoka zigendera mu kirere zizaba zageze muri Kigali mu myaka ibiri

    Imodoka zigendera ku migozi ‘cable cars’ zishobora kugera muri Kigali mu myaka ibiri

    Umujyi wa Kigali uratangaza ko ibikorwa remezo bizatuma habaho gutwara abantu mu buryo bwihuse (Personal Rapid Transit -PRT), ndetse n’imodoka zigendera mu kirere ku migozi (cable cars), byaba byuzuye mu myaka ibiri, mu gihe ibiganiro n’abazabigiramo uruhare byaba bigenze uko byateguwe.



  • Kabuga Félicien ni muntu ki, kuki yashakishwaga?

    Amakuru y’itabwa muri yombi rya Kabuga Félicien, ukekwaho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, akanakekwaho kuba umwe mu baterankunga bayo bakomeye, yakiriwe neza n’Abanyarwanda batari bake, by’umwihariko n’Ubushinjacyaha.



Izindi nkuru: