Itorero Inyamibwa ryateguye igitaramo bise «Turwambike inkindi»

Itorero Inyamibwa rigizwe n’abanyeshuri bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda biga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda bazataramira abakunzi b’injyana gakondo i Kigali tariki 02/08/2013 ndetse na Huye tariki 04/08/2013.

Kwinjira muri iki gitaramo i Kigali ku gicumbi cy’umuco i Remera ni amafaranga 5000 mu myanya y’icyubahiro, 3000 abantu bakuru na 2000 abana.

I Huye tariki 04/08/2013, kizabera mu nzu mberabyombi aho kwinjira bizaba ari 3000 mu myanya y’icyubahiro, 2000 abantu bakuru na 1500 abana.

Ibi bitaramo bizajya bitangira kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba bigeze saa tanu za nijoro.

Marie Clemence CYIZA UWIMANIMPAYE

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka