Twaganiriye na Nyirabarame: Ababazwa n’uko abakinnyi bakanyujijeho badahabwa agaciro

Nyirabarame Epiphanie ni umwe mu Banyarwandakazi bagiriye ibihe byiza mu isiganwa ry’amaguru, atwara imidari myinshi ya zahabu mu marushanwa yo kwiruka yagiye abera mu Rwanda no mu mahanga.

Nyirabarame Epiphanie uri imbere wambaye imyenda itukura
Nyirabarame Epiphanie uri imbere wambaye imyenda itukura

Ni umwe mu banyarwandakazi bitabiriye imikino Olempike inshuro ebyiri ndetse n’ibihe byiza u Rwanda rugenderaho kuri uyu munsi muri uwo mukino ni we ukibifite ubwo yakuragaho ibya Mukamurenzi.

Nyirabarame mu myitozo n'umuhungu we w'imyaka umunani y'amavuko
Nyirabarame mu myitozo n’umuhungu we w’imyaka umunani y’amavuko

Nyirabarame uyu munsi ababazwa no kubona abakiri bato batitabwaho bihagije ndetse abahagarariye u Rwanda mu mikino nk’iyi bakitwara neza, ntibahabwe agaciro ngo bafashe barumuna babo.

Nyirabarame mu kiganiro n'umunyamakuru Tuyisenge Yedidiya
Nyirabarame mu kiganiro n’umunyamakuru Tuyisenge Yedidiya

Reba ibindi muri iki kiganiro:

Uwayoboye ikiganiro: Yedidiya TUYISENGE

Uwafashe amashusho: Eric RUZINDANA

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka