Mu mikino yabaye ku munsi wa mbere, yabimburiwe n’umukino wahuje ikipe ya Gicumbi ya HC yo mu Rwanda, aho yaje gutsinda ikipe yitwa Nyuki yo muri Zanzibar ibitego 32 kuri 25.
Hakurikiyeho umukino w’abagabo wahuje Nairobi Water yo muri Kenya, aho yaje kwihererana The Winners yo mu Rwanda ibitego 43 kuri 13.
Umukino wari utegerejwe na benshi, wahuje APR HC na Police HC yo mu Rwanda, umukino amakipe yakomeje kugenda acungana ku bitego, warangiye APR iwutsinze ku bitego 38 kuri 37.
Gahunda yo kuri uyu wa Gatatu
Gicumbi HBT-APR HBC (13h30)-Abagabo
UR Rukara-Nairobi Water (14h30)-Abagore
Nyuki-Police HBC (16h00)-Abagabo
Amafoto ku mukino wa APR HC na Police
Gicumbi na AS Nyuki
Nairobi Water na The Winners
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|