Amagaju n’Akagera bagiye gukinira mu biziba n’imigina y’imiswa-Amafoto
Yanditswe na
Sammy Imanishimwe
Umukino wa 1/16 w’igikombe cy’amahoro uhuza Amagaju n’AKagera, urabera ku kibuga giteye impungenge kugikiniraho.
Kuri uyu wa Gatatu ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Rwinkwavu harabera umukino uhuza Akagera Fc n’Amagaju, ukabera ku kibuga bigaragara ku maso ko gishobora gutera ibibazo abakinnyi b’amakipe yombi bagikiniraho.
Iki ni ikibuga cg. ni mu ibuga ry’inka? Mbabariye abakinnyi bazavunikiramo rwose!Njye ndi umutoza sinakwemera gushora abakinnyi banjye hariya hantu. Kwihesha agaciro birakenewe please!
Rugira yanditse ku itariki ya: 21-04-2017 → Musubize
reyon sport tubarinyuma kandi tuzabikora kuwagatandatu good luck
claude yanditse ku itariki ya: 20-04-2017 → Musubize
Abakinnyi bacu (Amagaju FC) birinde kuvunika icyo kibuga rwose ni ikibazo .Ariko ntibibe n’impamvu yo kudatsinda kuko bose baragikiniramo.Gusa aho kuvunikisha abakinnyi twanganya cyangwa tugatsindwa nka kimwe
Gatore Venant yanditse ku itariki ya: 19-04-2017 → Musubize
Gatore rwose! Kimwe ni atatu kaba kabaye!
Egide yanditse ku itariki ya: 20-04-2017 → Musubize
Ibi byose birabazwa NDE?
Iki ni ikibuga cg. ni mu ibuga ry’inka? Mbabariye abakinnyi bazavunikiramo rwose!Njye ndi umutoza sinakwemera gushora abakinnyi banjye hariya hantu. Kwihesha agaciro birakenewe please!
reyon sport tubarinyuma kandi tuzabikora kuwagatandatu good luck
Abakinnyi bacu (Amagaju FC) birinde kuvunika icyo kibuga rwose ni ikibazo .Ariko ntibibe n’impamvu yo kudatsinda kuko bose baragikiniramo.Gusa aho kuvunikisha abakinnyi twanganya cyangwa tugatsindwa nka kimwe
Gatore rwose! Kimwe ni atatu kaba kabaye!